Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Inzara yadutse mu bana b’Abongereza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Inzara yadutse mu bana b’Abongereza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 December 2020 7:22 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Abana bazajya bapfunyikirwa kugira ngo babone icyo bafungura mu gitondo
SHARE

Ni ubwa mbere mu mateka ya UNICEF igiye gufasha abana bo mu Bwongereza kubona ibiribwa. Inzara ivugwa mu bana b’Abongereza yatewe n’ingaruka za COVID-19.

UNICEF yatangaje ko abana b’Abongereza bo mu miryango isanzwe ifite ubukungu buciriritse izafashwa kubona ibiribwa byibura mu gitondo kugira ngo abana birirwe bafite akamuneza.

Abana bazafashwa kubona ibyo kurya ubwo bazaba bari iwabo mu biruhuko bya Noheli.

Kuva UNICEF yashingwa muri 1946 nibwo bibaye ngombwa ko itabara abana bo muri imwe mu miryango y’Abongereza bashonje.

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana ryakusanyije £25,000 yo gushakira abana ibiribwa .

Abibasiwe ni abo mu gice cya Southwark, kiri mu Majyepfo y’Umurwa mukuru, London.

Abakozi ba UNICEF bavuga ko icyorezo cya COVID-19 ari cyo kintu cyugarije abana kurusha ibindi nyuma y’Intambara ya Kabiri y’Isi(1939 – 1945).

Ibiribwa bigenewe bariya bana bazabibona kugeza muri Gashyantare, 2021, abana bagera 1 800 bakaba ari bo bazabihabwa.

TAGGED:AbanaInzaraUbwongerezaUNICEF
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda rwabwiye Umudepite wa USA ko rufite ubutabera bwigenga
Next Article Itangazo ku bya YouTube ry’Urwego rw’abanyamakuru bigenzura ryateje sakwe sakwe!
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kigali: Abagore Baravugwa Kenshi Mu Biyobyabwenge

UNHCR Yaganirije AFC/M23 Ku Kibazo Cy’Impunzi Ziri Mu Rwanda

Umukino Urangiza Irushanwa ‘Gicanda Invitation 2025’ Urabera Kigali Pele Stadium

U Rwanda Rushaka Kuba Igihugu Gikize Byuzuye-Kagame

Perezida Wa Palestine Yimwe Visa Yo Kuzajya Muri Amerika Mu Nama Ya UN

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

Perezida Wa Mozambique Yatangiye Uruzinduko Mu Rwanda

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC Ntishaka Ubuhuza Bwa Thabo Mbeki 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbukungu

Angola Igiye Kujya Itunganya Diyama Yose Icukura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Abimukira Ba Mbere Boherejwe Na Amerika Bageze Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Bukavu: Abantu Bahiriye Mu Nzu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?