Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Inzara Yugarije Afurika y’Uburasirazuba
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Inzara Yugarije Afurika y’Uburasirazuba

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 May 2024 2:26 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ibiza bimaze iminsi byibasira Afurika y’Uburasirazuba byangije ibihingwa ngangurarugo ku buryo hari impungenge ko mu myaka iri imbere hari ingo nyinshi zizasonza.

Ibyo biza byahitanye n’abantu bari ingirakamaro kuri benshi bityo hakaba hari imiryango yabuze abayifashaga kubona ibiyitunga.

Imvura yaguye mu bihugu byinshi by’aka Karere ntiyari isanzwe.

Yari nyinshi ndetse abo mu bigo bikora iteganyagihe bavuga ko itigeze ibaho mu mateka ya vuba aha.

Yaguye muri Kenya, Tanzania, u Rwanda Uganda n’Uburundi.

Imiyaga ikomeye yaturutse mu nyanja ya Pacific niyo yazamuye ibicu bigusha imvura ikabije ubwinshi.

Nk’ubu umuyaga witwa Hidaya waciye ibintu muri Kenya no muri Tanzania.

Kenya niyo yakubititse cyane kuko yapfushije abantu 210.

Perezida wa Kenya William Ruto yatangaje ko igihugu cye kimerewe nabi ariko avuga ko ari ngombwa ko abantu bakomera, bagakora bakongera kubaka ubukungu bw’iki gihugu cya mbere gikize mu Karere.

IMF iherutse kuvuga ko Kenya ari iya kane mu bukungu bw’Afurika, umwanya yasimbuyeho Angola.

Mu Rwanda ibiza byahitanye abantu 49 mu mezi abiri ashize nk’uko buherutse gutangazwa na Minisitiri Albert Murasira uyobora Minisiteri y’ibikorwa by’ubutabazi no gukumira ibiza.

Abenshi bazize inkuba.

TAGGED:featuredIbizaKenyaTanzania
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Mu Kigega Cy’Ingoboka Cy’Ibiribwa Harimo Ngerere
Next Article Abikorera Barasabwa Kumenya Amabwiriza Y’Ubuziranenge Agenga Uburinganire
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?