Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Inzara Yugarije Afurika y’Uburasirazuba
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Inzara Yugarije Afurika y’Uburasirazuba

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 May 2024 2:26 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ibiza bimaze iminsi byibasira Afurika y’Uburasirazuba byangije ibihingwa ngangurarugo ku buryo hari impungenge ko mu myaka iri imbere hari ingo nyinshi zizasonza.

Ibyo biza byahitanye n’abantu bari ingirakamaro kuri benshi bityo hakaba hari imiryango yabuze abayifashaga kubona ibiyitunga.

Imvura yaguye mu bihugu byinshi by’aka Karere ntiyari isanzwe.

Yari nyinshi ndetse abo mu bigo bikora iteganyagihe bavuga ko itigeze ibaho mu mateka ya vuba aha.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yaguye muri Kenya, Tanzania, u Rwanda Uganda n’Uburundi.

Imiyaga ikomeye yaturutse mu nyanja ya Pacific niyo yazamuye ibicu bigusha imvura ikabije ubwinshi.

Nk’ubu umuyaga witwa Hidaya waciye ibintu muri Kenya no muri Tanzania.

Kenya niyo yakubititse cyane kuko yapfushije abantu 210.

Perezida wa Kenya William Ruto yatangaje ko igihugu cye kimerewe nabi ariko avuga ko ari ngombwa ko abantu bakomera, bagakora bakongera kubaka ubukungu bw’iki gihugu cya mbere gikize mu Karere.

- Advertisement -

IMF iherutse kuvuga ko Kenya ari iya kane mu bukungu bw’Afurika, umwanya yasimbuyeho Angola.

Mu Rwanda ibiza byahitanye abantu 49 mu mezi abiri ashize nk’uko buherutse gutangazwa na Minisitiri Albert Murasira uyobora Minisiteri y’ibikorwa by’ubutabazi no gukumira ibiza.

Abenshi bazize inkuba.

TAGGED:featuredIbizaKenyaTanzania
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Mu Kigega Cy’Ingoboka Cy’Ibiribwa Harimo Ngerere
Next Article Abikorera Barasabwa Kumenya Amabwiriza Y’Ubuziranenge Agenga Uburinganire
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Dangote Akomeje Kuyobora Abaherwe Ba Afurika

Jeannette Kagame Arahemba Abakobwa Batsinze Neza Ibizamini Bya Leta

Abanyamahanga Biga Muri Harvard Bareze Leta Ya Trump

Uko I&M Bank Rwanda Yungutse Mu Mezi Atatu Ashize

Martin Ngoga Yabaye Ambasaderi W’u Rwanda Muri UN

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nyarugenge: Imodoka Ya WASAC Yibwe

Nyagatare: Haravugwa Kotsa Burushete Z’Imbwa 

Uwahoze Muri RDF Akurikiranyweho Ibyaha Byo Mu Mabuye y’Agaciro

BNR Mu Ngamba Zo Kurushaho Guteza Imbere Ikoranabuhanga Mu Kwishyurana

Cardinal Kambanda Yatunguwe No Kumva Ko Kwa Yezu Nyirimpuhwe Hafunzwe

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzima

Abatuye Umujyi Wa Kigali Bari Mu Bibasiwe Na Malaria

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Intambara Y’Amagambo Hagati Ya Israel N’Ubwongereza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Kabila Yambuwe Ubudahangarwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

RIB Yafunze Abanyamahanga Batatu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?