Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Inzara Yugarije Afurika y’Uburasirazuba
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Inzara Yugarije Afurika y’Uburasirazuba

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 May 2024 2:26 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ibiza bimaze iminsi byibasira Afurika y’Uburasirazuba byangije ibihingwa ngangurarugo ku buryo hari impungenge ko mu myaka iri imbere hari ingo nyinshi zizasonza.

Ibyo biza byahitanye n’abantu bari ingirakamaro kuri benshi bityo hakaba hari imiryango yabuze abayifashaga kubona ibiyitunga.

Imvura yaguye mu bihugu byinshi by’aka Karere ntiyari isanzwe.

Yari nyinshi ndetse abo mu bigo bikora iteganyagihe bavuga ko itigeze ibaho mu mateka ya vuba aha.

Yaguye muri Kenya, Tanzania, u Rwanda Uganda n’Uburundi.

Imiyaga ikomeye yaturutse mu nyanja ya Pacific niyo yazamuye ibicu bigusha imvura ikabije ubwinshi.

Nk’ubu umuyaga witwa Hidaya waciye ibintu muri Kenya no muri Tanzania.

Kenya niyo yakubititse cyane kuko yapfushije abantu 210.

Perezida wa Kenya William Ruto yatangaje ko igihugu cye kimerewe nabi ariko avuga ko ari ngombwa ko abantu bakomera, bagakora bakongera kubaka ubukungu bw’iki gihugu cya mbere gikize mu Karere.

IMF iherutse kuvuga ko Kenya ari iya kane mu bukungu bw’Afurika, umwanya yasimbuyeho Angola.

Mu Rwanda ibiza byahitanye abantu 49 mu mezi abiri ashize nk’uko buherutse gutangazwa na Minisitiri Albert Murasira uyobora Minisiteri y’ibikorwa by’ubutabazi no gukumira ibiza.

Abenshi bazize inkuba.

TAGGED:featuredIbizaKenyaTanzania
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Mu Kigega Cy’Ingoboka Cy’Ibiribwa Harimo Ngerere
Next Article Abikorera Barasabwa Kumenya Amabwiriza Y’Ubuziranenge Agenga Uburinganire
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Ushaka Kuyobora FERWAFA Afitiye Abasifuzi Gahunda Yo Kubahemba

Ibibera Muri DRC Bitugiraho Ingaruka Mu Buryo Bwinshi- Amb. Ngoga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUmutekano

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?