Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Inzoka Yarumye Umukozi Wo Ku Kibuga Cy’Indege Imusanze Mu Biro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Inzoka Yarumye Umukozi Wo Ku Kibuga Cy’Indege Imusanze Mu Biro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 December 2022 2:44 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ku Cyumweru Taliki 18, Ukuboza, 2022,  umukozi wo kibuga cy’indege cya Entebbe muri Uganda yarumwe n’’inzoka yari ivuye mu bihuru byakuriye hafi aho. Uwarumwe n’iyo nzoka ni umugabo witwa Jonathan Kayizzi akaba yari asanzwe ashinzwe imikorere y’ibyuma bicunga ikirere.

Yakoraga mu gice bita Aeronautical Information Management Officer (AIMO).

Umuvugizi w’Ikigo cya Uganda gishinzwe iby’ikirere witwa Vianney Luggya  avuga ko  Jonathan Kayizzi atarumwe n’inzoka byanze bikunze.

N’ubwo ari uko abivuga ariko, umwe mu bakoze raporo yagejejwe ku bayobozi ubwo biriya byari birangije kuba, avuga ko mugenzi we yarumwe n’inzoka.

Bikubiye muri raporo y’uko ibintu biba bihagaze ku kibuga cy’indege ikorwa mu gihe runaka kidahindagurika.

Iyo raporo bayita comm inner room (communication inner rooms).

Uwarumwe yari umuntu ufite inshingano nyinshi  zirimo no kumenyesha abapiloti  uko ikirere kimeze, akamenya aho indege zigeze n’izindi nshingano zikomeye.

Daily Monitor yanditse ko ikibazo cy’iriya nzoka yarumye uriya mugabo cyakuruye ubwoba mu bakozi benshi  bo ku kibuga cy’indege cya Entebbe.

TAGGED:IndegeInzokaUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abarokotse Jenoside Yakorewe Abatutsi Bagomba Kumenya N’Iyakorewe Abayahudi- Min Bizimana
Next Article Polisi Y’u Rwanda Ishimangira Ko Uburinganire Bureba Inzego ZOSE
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abaturage 354 Bagiye Guhabwa Amazi Meza

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?