Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Inzoka Yarumye Umukozi Wo Ku Kibuga Cy’Indege Imusanze Mu Biro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Inzoka Yarumye Umukozi Wo Ku Kibuga Cy’Indege Imusanze Mu Biro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 December 2022 2:44 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ku Cyumweru Taliki 18, Ukuboza, 2022,  umukozi wo kibuga cy’indege cya Entebbe muri Uganda yarumwe n’’inzoka yari ivuye mu bihuru byakuriye hafi aho. Uwarumwe n’iyo nzoka ni umugabo witwa Jonathan Kayizzi akaba yari asanzwe ashinzwe imikorere y’ibyuma bicunga ikirere.

Yakoraga mu gice bita Aeronautical Information Management Officer (AIMO).

Umuvugizi w’Ikigo cya Uganda gishinzwe iby’ikirere witwa Vianney Luggya  avuga ko  Jonathan Kayizzi atarumwe n’inzoka byanze bikunze.

N’ubwo ari uko abivuga ariko, umwe mu bakoze raporo yagejejwe ku bayobozi ubwo biriya byari birangije kuba, avuga ko mugenzi we yarumwe n’inzoka.

Bikubiye muri raporo y’uko ibintu biba bihagaze ku kibuga cy’indege ikorwa mu gihe runaka kidahindagurika.

Iyo raporo bayita comm inner room (communication inner rooms).

Uwarumwe yari umuntu ufite inshingano nyinshi  zirimo no kumenyesha abapiloti  uko ikirere kimeze, akamenya aho indege zigeze n’izindi nshingano zikomeye.

Daily Monitor yanditse ko ikibazo cy’iriya nzoka yarumye uriya mugabo cyakuruye ubwoba mu bakozi benshi  bo ku kibuga cy’indege cya Entebbe.

TAGGED:IndegeInzokaUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abarokotse Jenoside Yakorewe Abatutsi Bagomba Kumenya N’Iyakorewe Abayahudi- Min Bizimana
Next Article Polisi Y’u Rwanda Ishimangira Ko Uburinganire Bureba Inzego ZOSE
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?