Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Inzozi Za Victor Wembanyama Zo Gukina Muri NBA Zabaye Impamo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Inzozi Za Victor Wembanyama Zo Gukina Muri NBA Zabaye Impamo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 June 2023 8:46 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Wembanyama ni Umufaransa ufite inkomoko muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Yaraye ashyizwe ku rutonde rw’abakinnyi ikipe yitwa San Antonio Spurs yifuza gukinisha.

Bivugwa ko muri iyi kipe, Wembanyama azajya yambara Nomero 1.

Nyuma y’uko ibi bitangajwe, uyu musore yahise ashimirwa n’abantu batandukanye ku ntambwe ateye, barimo na Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron.

Macron yamubwiye ko kuba agiye muri NBA( niryo rushanwa rya mbere rya basketball rikomeye ku isi) ari amahirwe abonye azatuma atera imbere kandi akaba icyamamare muri uyu mukino.

Yamubwiye ko abereye ishema u Bufaransa.

Victor Wembanyama, le premier Français numéro un de la draft NBA !

Cher @Vicw_32, tu nous fais rêver. Aucun doute : tu vas marquer l’histoire de ton sport. pic.twitter.com/apxAaGUkS6

— Emmanuel Macron (@EmmanuelMacron) June 23, 2023

Si Macron wenyine washimye uyu musore kuko n’umukinnyi ukomeye mu mupira w’amaguru ku isi witwa Kylian Mbappé nawe yamushimiye intambwe ateye.

Yavutse mu mwaka wa 2004 , muri Mutarama, avukira ahitwa Le Chesnay mu Bufaransa.

Se yitwa Felix Wembanyama, Nyina yitwa Elodie de Fautereau akaba Umufaransakazi nawe wakinaga basket.

Mushiki wa Victor witwa witwa Eve Wembanyama nawe akina Basketball mu makipe y’abagore bakina Shampiyona y’u Bufaransa.

Victor Wembanyama afite metero 2,20 agapima ibilo 104.

Yigeze no gutwara umudali wa zahabu mu mikino ya shampiyona ya basketball mu Burayi yabereye mu Bufaransa mu mwaka wa 2017.

Victor Wembanyama afite metero 2,20 agapima ibilo 104.

Se afite metero 1,98 n’aho Nyina afite metero 1,91

Nyina yatangiye kumutoza uyu mukino afite imyaka itanu y’amavuko.

Wembenyama yabwiye ikinyamakuru Le Parisien ko kuba muremure ari ikibazo gikomeye.

Ati: “ Bisaba kugira imbaraga n’ubugenge bihagije kugira ngo ushobore gukoresha neza umubiri nk’uyu wa njye.”

N’ubwo ari muremure bwose, ariko ntabwo abyibushye nk’uko bimeze ku bihangange bya basketball y’Abanyamerika nka LeBroon James, Shaquille O’Neal, Kevin Durant, Stephen Curry, Nikola Jokić na Giannis Antetokounmpo.

TAGGED:BasketballCongoMacronNBAUmukinnyiWembanyama
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Muhanga: Yishwe N’Igitaka Cyamanuwe Na Caterpillar
Next Article Uwahoze Ayobora Abarindaga Kabila Yafunzwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Bigoranye Police FC Yakuye Ku Izima APR FC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?