Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Inzu Ya Eliezer Niyitegeka Wamaze Abatutsi Bo Ku Kibuye Iri Hafi Guhirima
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Inzu Ya Eliezer Niyitegeka Wamaze Abatutsi Bo Ku Kibuye Iri Hafi Guhirima

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 May 2021 12:32 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Eliézer Niyitegeka  yahoze atuye mu kitwaga Komini  Gisovu, Segiteri ya Gitabura mu Cyahoze ari Perefegitura ya Kibuye.

Inkiko zamuhamije uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994. Muri uyu mwaka( 1994) yari afite inzu muri Gitabura yagaragara ko imeze neza, akaba ari yo yakoreraga ubuhuzabikorwa mu bwicanyi bwabereye mu bice bitandukanye birimo

Iherereye muri segiteri ya Gitabura Umurenge wa Gisovu ku gasongero ku musozi umwe muri Bisesero.

Ubwo Jenoside yatangiraga hagashyirwaho guverinoma bise iy’Abatabazi, uwari Minisitiri w’Intebe icyo gihe Bwana Jean Kambanda yagize Eliézer Niyitegeka Minisitiri w’itangazamakuru.

Eliézer Niyitegeka yahoze atuye mu kitwaga Komini Gisovu

Yamuhaye inshingano zo kureba uko umugambi wa Jenoside ushyirwa mu bikorwa muri Perefegitura ya Kibuye afatanyije na Clement Kayishema  wari Perefe wayo.

Ku rubuga rwa Komisiyo y’igihugu yo kurwanya Jenoside( CNLG) handitse ko Niyitegeka yagize uruhare mu bwicanyi bwakorewe Abatutsi harimo ubwabereye muri Kiliziya ya Mubuga, ubwabereye ku musozi wa Kizenga, ubwabereye ku musozi wa Muyira mu Bisesero, ubwabereye i Kivumu n’ubwabereye ahitwa Rugarama na Kiziba.

Imibare yakusanyijwe n’Umuryango w’abahoze ari abanyeshuri muri Kaminuza barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi(GAERG) yerekana ko Akarere ka Karongi( aho niho hahoze ari muri Kibuye nyirizina) habaruwe imiryango y’Abatutsi yazimye myinshi kurusha ahandi.

Eliezer Niyitegeka yaguye muri imwe muri gereza za Mali.

Aka gasozi kari ahirengeye aho Niyitegeka yateguriraga akanakurikiranira ubwicanyi bwakorewe Abatutsi muri Kibuye

 

TAGGED:BiseseroCNLGfeaturedJenosideKayishemaKiliziyaNiyitegeka
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibarura Ry’Abatuye U Rwanda Rigiye Gukorwa, Rifite Uwuhe Mwihariko?…Ikiganiro Kirambuye
Next Article Gen Kazura Na IGP Munyuza Barangije Urugendo Bari Bamazemo Iminsi Muri Tanzania
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: 34% By’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Nibo Bateganyirizwa N’Abakoresha

Abatahutse Bava DRC Batangajwe N’Uko Basanze U Rwanda Rusa

Burundi: Umushinjacyaha Aravugwaho Kwiba Amafaranga Ya Leta Akayajyana Tanzania

Nyanza: Nyiri Akabari Akurikiranyweho Guta Umukecuru Mu Bwiherero

Nyuma Yo Kwica Abantu 114 Muri Philippines Inkubi Ikomereje Muri Vietnam

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Tanzania: Ishyaka CHADEMA Ryagize Icyo Rivuga Ku Byavuye Mu Matora

DRC: Yarashe Afande We Amuziza Kumurira Amafaranga

Afurika Yunze Ubumwe Yashimiye Samia Ku Ntsinzi Ye

Suluhu Yatangajwe Ko Yatsinze Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

Twifuza Ko Kagame Yatubera Umuhuza-Ambasaderi Wa Sudani

You Might Also Like

Mu mahanga

DRC: Uburayi Burasaba Abo Mu Burasirazuba Koroshya Ngo Ubutabazi Bugere Ku Mbabare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibidukikije

Rutsiro: Imbwa Z’Ibihomora Zugarije Pariki Ya Gishwati-Mukura N’Abayituriye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ubwoba Ku Bitero By’Ikoranabuhanga Ku Bakiliya Bwatumye MTN Ihanga Agashya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?