Umuhungu w’intwari y’i Bisesero yitwaga Aminadab Birara, we yitwa Boniface Higiro, yabwiye Taarifa ko kuba hari umuhanda witiriwe Se mu Murwa mukuru w’u Bufaransa ari byiza,...
Mu Kagari ka Bisesero, Umurenge wa mu Karere ka Karongi hatangijwe ubuhinzi bw’icyayi hagamijwe ko abahinzi bazabona amafaranga ku mwero wacyo. Abasanzwe bahatuye babwiye RBA ducyesha...
Eliézer Niyitegeka yahoze atuye mu kitwaga Komini Gisovu, Segiteri ya Gitabura mu Cyahoze ari Perefegitura ya Kibuye. Inkiko zamuhamije uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka...
Ubushinjacyaha bw’i Paris bwasabye ko iperereza ryakorwaga ku basirikare b’Abafaransa ku ruhare rwabo muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 rihagarikwa. Ni nyuma y’igihe bisabwa n’imiryango iharanira...