Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Inzu Y’Umusaza Nyagashotsi Mu Mafoto
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'Abaturage

Inzu Y’Umusaza Nyagashotsi Mu Mafoto

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 April 2021 9:47 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyamakuru wa Taarifa uri mu mudugudu wa Gakunyu, Akagari ka Ndatemwa mu Murenge wa Kiziguro muri Gatsibo aho umusaza Epimaque Nyagashotsi agiye kwimukira avuga ko inzu yubakiwe bigaragara ko ikomeye.

Ni inzu ufite ibyumba bitatu, uruganiriro(salon), ikirongozi(corridor) ariko ku ruhande hakaba  igikoni gifatanye n’ubwogero.

Mu rugo rwe kandi hubatswe ubwiherero ndetse na rondereza.

Ikindi ni uko yubakiwe urugo rufite amarembo abiri, rimwe zikaba ari iry’inka irindi ari iry’abashyitsi.

Ku gisenge cyiriya nzu hamanitse icyuma gikurira imirasire  y’izuba kikayibyaza amashanyarazi azamucanira mu nzu.

Umukuru w’Umudugudu wa Gakunyu Bwana Etienne Ndabakuranye yabwiye Taarifa ko abaturanyi bashya ba Nyagashotsi bamuzimaniye imyaka irimo ibishyimbo, n’ibikoresho byo mu nzu bimwe na bimwe.

Nyagashotsi agiye gutura mu Mudugudu wa Gakunyu, Akagari Ndatemwa muri Kiziguro

Ndabakuranye yifuza ko amashanyarazi aturiye Nyagashotsi yazamugirira akamaro ndetse akakagirira n’abaturanyi be.

Ati: “ Twifuza  ko amashanyarazi ari mu ntambwe 150 nayo yazahabwa abaturage, uyu musaza Nyagashotsi akaba imbarutso y’iterambere mu mudugudu.”

Mu masaha ya mu gitondo kuri uyu wa Gatandatu nibwo abaturage bazindukiye kwa Nyagashotsi kuhakora isuku kugira ngo aze gutaha mu rugo rucyeye.

Ibaraza
Ku irembo rukuru
Ni hafi y’isambu
Inzu igaragara neza kurusha iyo yari asanzwe abamo
Abaturanyi baje kumwakira mu mudugudu mushya
Inzu yabagamo mbere yavirwaga
TAGGED:featuredGatsiboNyagashotsiUmusaza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubushinwa Nabwo Bwakoze Icyogajuru Kijya Kuri Mars
Next Article Sosiyete Sivile Inenga Ibyo Kugura Serivisi Yo Kurangirwa Umugeni
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ish Kevin Yinjiye Mu Bufatanye N’Ikigo Gikomeye Gicuruza Umuziki Ku Isi

CNDD-FDD Ishima Ibyo Yagejeje Ku Gihugu, Abayirwanya Bakayinyomoza

Afghanistan: Umutingito Wishe Abantu 600

BK Ikora Ite Ngo Yunguke?

DRC: Abantu 16 Bashimuswe Na CODECO

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwandair Yaguze Izindi Ndege Ngari 

Rwamagana:Uwahoze Ari Umunyamakuru Wa Radio Agiye Kwishingira Iye

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Perezida Wa Mozambique Yatangiye Uruzinduko Mu Rwanda

Meteo Rwanda Irateguza Imvura Irimo Inkuba Mu Gihugu Hose

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUbukungu

Kwihaza Mu Biribwa Muri Afurika Biracyari Kure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kubaka Urugomero Rwa Nyabarongo Bizatuma Havuka Ikiyaga Kizakora Ku Turere 8

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Drones Zigiye Gukoreshwa Mu Kurwanya Imibu Yo Mu Bugesera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Kigali: Abagore Baravugwa Kenshi Mu Biyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?