Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Inzu Y’Umusaza Nyagashotsi Mu Mafoto
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'Abaturage

Inzu Y’Umusaza Nyagashotsi Mu Mafoto

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 April 2021 9:47 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyamakuru wa Taarifa uri mu mudugudu wa Gakunyu, Akagari ka Ndatemwa mu Murenge wa Kiziguro muri Gatsibo aho umusaza Epimaque Nyagashotsi agiye kwimukira avuga ko inzu yubakiwe bigaragara ko ikomeye.

Ni inzu ufite ibyumba bitatu, uruganiriro(salon), ikirongozi(corridor) ariko ku ruhande hakaba  igikoni gifatanye n’ubwogero.

Mu rugo rwe kandi hubatswe ubwiherero ndetse na rondereza.

Ikindi ni uko yubakiwe urugo rufite amarembo abiri, rimwe zikaba ari iry’inka irindi ari iry’abashyitsi.

Ku gisenge cyiriya nzu hamanitse icyuma gikurira imirasire  y’izuba kikayibyaza amashanyarazi azamucanira mu nzu.

Umukuru w’Umudugudu wa Gakunyu Bwana Etienne Ndabakuranye yabwiye Taarifa ko abaturanyi bashya ba Nyagashotsi bamuzimaniye imyaka irimo ibishyimbo, n’ibikoresho byo mu nzu bimwe na bimwe.

Nyagashotsi agiye gutura mu Mudugudu wa Gakunyu, Akagari Ndatemwa muri Kiziguro

Ndabakuranye yifuza ko amashanyarazi aturiye Nyagashotsi yazamugirira akamaro ndetse akakagirira n’abaturanyi be.

Ati: “ Twifuza  ko amashanyarazi ari mu ntambwe 150 nayo yazahabwa abaturage, uyu musaza Nyagashotsi akaba imbarutso y’iterambere mu mudugudu.”

Mu masaha ya mu gitondo kuri uyu wa Gatandatu nibwo abaturage bazindukiye kwa Nyagashotsi kuhakora isuku kugira ngo aze gutaha mu rugo rucyeye.

Ibaraza
Ku irembo rukuru
Ni hafi y’isambu
Inzu igaragara neza kurusha iyo yari asanzwe abamo
Abaturanyi baje kumwakira mu mudugudu mushya
Inzu yabagamo mbere yavirwaga
TAGGED:featuredGatsiboNyagashotsiUmusaza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubushinwa Nabwo Bwakoze Icyogajuru Kijya Kuri Mars
Next Article Sosiyete Sivile Inenga Ibyo Kugura Serivisi Yo Kurangirwa Umugeni
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?