Mu Murenge wa Busasamana ahari Gare ya Nyanza haraye hapfiriye umusaza w’imyaka 56 wari waje gutega imodoka. Yahageze aricara arayitegereza ariko apfa ataramugeraho. UMUSEKE wanditse ko...
( Rtd) Sergeant Major Ignance Muhatsi ni Umunyarwanda uri mu kiruhuko cy’izabukuru. Avuga ko kuba akuze akaba agandera ku mbago nk’umuntu mukuru ntacyo yicuza kuko ubusore ...
Mu Murenge wa Rwaza Akarere ka Musanze hasomwe urubanza ubushinjacyaha bwaregagamo umusaza w’imyaka 72 gusambanya ku gahato umukobwa w’imyaka 34 ufite ubumuga bwo mu mutwe. Urukiko...
Muri Mata, 2021 nibwo umusaza Epimaque Nyagashotsi wo mu Kagari ka Ndatemwa, Murenge wa Kiziguro mu Karere ka Gatsibo yatashye inzu yari yarasabye kugira ngo ayisaziremo...
Umunyamakuru wa Taarifa uri mu mudugudu wa Gakunyu, Akagari ka Ndatemwa mu Murenge wa Kiziguro muri Gatsibo aho umusaza Epimaque Nyagashotsi agiye kwimukira avuga ko inzu...