Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Iran ishinja Israel kwica umuhanga wayo mu by’intwaro, yiyemeje kumuhorera
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Iran ishinja Israel kwica umuhanga wayo mu by’intwaro, yiyemeje kumuhorera

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 November 2020 12:44 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Perezida wa Iran Hassani Rouhani avuga ko igihugu cye kigomba kuzihorera ariko kikabikora bucece, nta guhubuka
SHARE

Ubutegetsi bw’i Teheran muri Iran bwarahiye ko buzihorera kuri Israel uko bizagenda kose nyuma yo kwemeza ko ariyo yishe umuhanga wayo mu by’intwaro za kirimbuzi witwa Mohsen Fakhrizadeh. Uyu mugabo yishwe arashwe n’abantu bamuteze igico.

Umuyobozi w’ikirenga wa Iran witwa Ayatollah Ali Khamenei kuri uyu wa Gatandatu yatangarije kuri Twitter ko igihugu cye kizi neza ko uriya mugabo yishwe na Israel kandi ko kizihorera mu gihe gikwiye n’ahantu hakwiye.

Iyi ndahiro kandi yakozwe na Perezida wa Iran Hassani Rouhani nawe wavuze ko bazihorera ndetse yongeraho ko bigomba gukorwa mu bwitonzi, hirindwa guhubuka.

Israel ntiragira icyo itangaza kuri ibi ishinjwa na Iran ariko yari iherutse gutangaza ko ifite amakuru y’uko uriya mugabo yari ayoboye itsinda ry’abahanga bakora intwaro za kirimbuzi.

Mohsen Fakhrizadeh yishwe atezwe igico n’abantu bari bamwiteguye ubwo yacaga muri umwe mu mihanda iri mu mujyi uturanye na Tehran witwa Absard.

Fakhrizadeh niwe muhanga mu by’intwaro za kirimbuzi ukomeye Iran yari ifite kugeza ubu.

Yayoboraga ishami rya Minisiteri y’ingabo rishinzwe ubushakashatsi mu bya gisirikare.

Uriya mugabo yishwe mu gihe byavugwaga ko Iran yongereye imbaraga mu gutunganya ubutare bwa Iranium bukoreshwa mu nganda zikora intwaro za kirimbuzi.

Ivomo: BBC

Taarifa Rwanda

TAGGED:AyattolahIntwaroIranKirimbuziRouhaniTehran
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article P.Kagame yakiriye Minisitiri Yoaz Hendel ushinzwe itumanaho muri Israel
Next Article Cardinal Kambanda arimikwa ku mugaragaro
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abatahutse Bava DRC Batangajwe N’Uko Basanze U Rwanda Rusa

Burundi: Umushinjacyaha Aravugwaho Kwiba Amafaranga Ya Leta Akayajyana Tanzania

Nyanza: Nyiri Akabari Akurikiranyweho Guta Umukecuru Mu Bwiherero

Nyuma Yo Kwica Abantu 114 Muri Philippines Inkubi Ikomereje Muri Vietnam

DRC: Uburayi Burasaba Abo Mu Burasirazuba Koroshya Ngo Ubutabazi Bugere Ku Mbabare

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Tanzania: Ishyaka CHADEMA Ryagize Icyo Rivuga Ku Byavuye Mu Matora

DRC: Yarashe Afande We Amuziza Kumurira Amafaranga

Afurika Yunze Ubumwe Yashimiye Samia Ku Ntsinzi Ye

Suluhu Yatangajwe Ko Yatsinze Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

Abanyamakuru Bashyiriweho Aho Batemerewe Mu Biro Bya Trump

You Might Also Like

Mu mahanga

Dagalo Uvugwaho Gukora Jenoside Muri Sudani Ni Muntu Ki?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Ingabo Z’Uburundi Zirashinjwa Kwicisha Abanyamulenge Inzara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Abasirikare Ba Uganda Bicanye Bapfa Umugore

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

‘Rwabuze Gica’ Hagati Ya Ndayishimiye N’Abacuruza Lisansi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?