Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Iran Nayo Yatangiye Kwitegura Intambara
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Iran Nayo Yatangiye Kwitegura Intambara

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 October 2023 7:19 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Hari amashusho ari kuri X yerekana amakamyo atwaye ibifaro byinshi bivugwa ko ari ibya Leta ya Kisilamu ya Iran biri kwegerezwa umupaka wayo na Iraq.

Iran is moving heavy equipment to the border with Iraq. pic.twitter.com/7KAd81QKDU

— S p r i n t e r (@Sprinter99800) October 14, 2023

N’ubwo mbere y’uko ugera kuri Israel uturutse muri Iran ugomba kubaza guca muri Iraq, Syria cyangwa Jordania, abahanga mu bya gisirikare bavuga ko Iran ifite impungenge z’uko ingabo z’Amerika zasigaye muri Iran na Syria zazayirasaho igihe cyose zaba zabyemeranyijeho na Israel.

Iran yitaruye Israel ariko yatangiye kwitegura kuzarwana nayo igihe cyose bizaba ngombwa

Israel ishinja Iran kuba yarafashije Hamas kuyiteguraho igitero yayigabyeho taliki 07, Ukwakira, 2023 hari ku wa Gatandatu.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ambaderi w’iki gihugu mu Rwanda Einat Weiss aherutse kubwira Taarifa ko nta shiti Iran ibiri inyuma.

Yavuga ko ibyo yakoze yabikoze ariko ko Israel igiye gutangiza intambara itazi igihe izarangira ariko ko yiteguye ko niyo byaba ngombwa ko ikwira mu Burasirazuba bwose bwo Hagati Israel izayirwana.

Iran iti: ‘Palestine Izatsinda’

Umuyobozi w’ikirenga wa Iran  Ayatollah Seyyed Ali Khamenei yabwiye umwe mu bisilamu bakomeye wo muri Nigeria mu nkuru igaragara ku kinyamakuru cyo muri Iran kitwa presstv.ir ko ibyo Palestine yatangije ari intambara izatsinda byanze bikunze.

Yagize ati: “ Ibiri kubera muri Iran muri iki gihe ni ibyerekana imbaraga za Islam kandi ku bushake bwa Allah, bizarangira abanya Palestine batsinze.”

- Advertisement -
Umuyobozi w’ikirenga wa Iran Ayatollah Seyyed Ali Khamenei aganira na Sheikh Ibrahim Zakzaky

Ayatollah Khamenei avuga ko Abisilamu bose bo ku isi bafite inshingano zo gushyigikira Abanya Palestine.

Mu gihe avuga ibi, ku rundi ruhande Israel yasabye abasivili bo muri Gaza kuyivamo vuba na bwangu kuko idashaka ko ibyo izakorera Hamas byagira undi bigiraho ingaruka.

TAGGED:featuredIntambaraIranIraqIsrael
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article UN: Urwego Mpuzamahanga Abanyarwanda Benshi Bifuza Gukorera
Next Article 85% Y’Ubutaka Buhingwa Ku Isi Yanditswe Ku Bagabo- UN
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?