Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Isheja Yashimye Kagame Amusezeranya Ubwitange
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImyidagaduroMu Rwanda

Isheja Yashimye Kagame Amusezeranya Ubwitange

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 August 2024 2:15 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Isheja Butera Sandrine wari usanzwe ari Umunyamakuru akaba yagizwe Umuyobozi wungirije wa RBA yashimiye Perezida Kagame wamuhaye izo nshingano.

Kuri X yanditse kuri uyu wa Gatandatu taliki 24, Kanama, 2024, ahagana saa tanu z’amanywa, yavuze ko azaha u Rwanda amaboko kuko ari yo rwamusabye.

Yagaragaje ishimwe afite ku mutima nyuma y’uko Perezida Kagame amugiriye icyizere.

Ati: “U Rwanda nirugusaba amaboko uzaruhe n’umutima! Ibi nibyo mwadutoje, Nyakubahwa Paul Kagame, mbashimiye icyizere mwangiriye”.

Yavuze ko mu mirimo yashinzwe muri RBA yiteguye gutanga ubwenge, umutima n’amaboko mu gukomeza kubaka u Rwanda”.

Uyu mugore yashimye kandi abamwifurije ishya n’ihirwe mu mirimo mishya yahawe, ababwira ko gahunda ni yayindi #RBAHafiYawe.”

Isheja Sandrine Butera ni umunyamakurukazi wamenyekanye mu biganiro by’imyidagaduro, n’ubuzima rusange kuri Radiyo zitandukanye zo mu Rwanda.

TAGGED:AbanyarwandafeaturedIshejaKagameRBASandrine
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umunyamakuru Isheja Sandrine Butera Yahawe Inshingano Zo Kuyobora RBA
Next Article Ruboneka Na Barafinda Bahaye APR Intsinzi Kuri AZAM FC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?