Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Isi Y’Abisilamu Yarakajwe N’Abatwitse Amapaji Ya Korowani
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Isi Y’Abisilamu Yarakajwe N’Abatwitse Amapaji Ya Korowani

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 June 2023 7:26 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ibihugu by’Abisilamu byinshi byo hirya no hino ku isi byamaganye mu buryo bukomeye abantu batinyutse gutwikira amapaji ya Korowani imbere y’Umusigiti uri muri Suwede.

Byarakaje ibihugu by’Abisilamu k’uburyo Maroc ishaka gucana umubano na Suwede ndetse na Turikiya byayirakaje bituma yitambika ubusabe Suwede yari yarasabye ngo ijye muri OTAN.

Hagati aho kandi imyigaragambyo hirya no hino mu bihugu by’Abisilamu byamagana ibyakozwe.

Umujinya w’Abisilamu kandi wazamuwe n’uko ibi byakozwe nta gihe kinini gishize Abasilamu bizihije umunsi w’igitambo.

Bivugwa ko umusore w’impunzi ukomoka  muri Iraq witwa Salwan Momika w’imyaka 37 ari we waciye amwe mu mapaji ya Korowani  arangije arayatwika.

Mbere y’uko abikora, ngo yabisabye abapolisi barabisuzuma basanga nta mpamvu ishingiye ku mategeko yatuma atemererwa gukora ibyo yakoze.

Uwaciye akanatwika iriya korowani avuga ko nta muntu ukwiye kubuza undi gukora icyo ashaka.

Kuri we no gutwika Korowani bigize uburenganzira bwa muntu.

Itangazamakuru rivuga abanyapolitiki bo muri Suwede bamaganye ibyo gutwika iriya korowani ariko bakirinda kwamagana uwabikoze mu buryo bweruye.

 

TAGGED:featuredGutwikaIslamKorowaniSuwedeTurikiya
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gasabo: Ahitwa Mu Migina Hahiye
Next Article Perezida Kagame Yari Umushyitsi Mukuru Mu Munsi W’Ubwigenge Bwa Seychelles
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?