Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Isi Y’Abisilamu Yarakajwe N’Abatwitse Amapaji Ya Korowani
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Isi Y’Abisilamu Yarakajwe N’Abatwitse Amapaji Ya Korowani

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 June 2023 7:26 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ibihugu by’Abisilamu byinshi byo hirya no hino ku isi byamaganye mu buryo bukomeye abantu batinyutse gutwikira amapaji ya Korowani imbere y’Umusigiti uri muri Suwede.

Byarakaje ibihugu by’Abisilamu k’uburyo Maroc ishaka gucana umubano na Suwede ndetse na Turikiya byayirakaje bituma yitambika ubusabe Suwede yari yarasabye ngo ijye muri OTAN.

Hagati aho kandi imyigaragambyo hirya no hino mu bihugu by’Abisilamu byamagana ibyakozwe.

Umujinya w’Abisilamu kandi wazamuwe n’uko ibi byakozwe nta gihe kinini gishize Abasilamu bizihije umunsi w’igitambo.

Bivugwa ko umusore w’impunzi ukomoka  muri Iraq witwa Salwan Momika w’imyaka 37 ari we waciye amwe mu mapaji ya Korowani  arangije arayatwika.

Mbere y’uko abikora, ngo yabisabye abapolisi barabisuzuma basanga nta mpamvu ishingiye ku mategeko yatuma atemererwa gukora ibyo yakoze.

Uwaciye akanatwika iriya korowani avuga ko nta muntu ukwiye kubuza undi gukora icyo ashaka.

Kuri we no gutwika Korowani bigize uburenganzira bwa muntu.

Itangazamakuru rivuga abanyapolitiki bo muri Suwede bamaganye ibyo gutwika iriya korowani ariko bakirinda kwamagana uwabikoze mu buryo bweruye.

 

TAGGED:featuredGutwikaIslamKorowaniSuwedeTurikiya
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gasabo: Ahitwa Mu Migina Hahiye
Next Article Perezida Kagame Yari Umushyitsi Mukuru Mu Munsi W’Ubwigenge Bwa Seychelles
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

‘Body Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Chameleone FM: Radiyo Chameleone Agiye Gutangiza i Bujumbura

40.1% By’Abatuye Kigali Batuye Mu Kajagari- Meya Dusengiyumva

Impyisi: Inyamaswa Y’Ingirakamaro Nubwo Yangwa 

Rulindo:Habonetse Imibiri 173 Y’Abazize Jenoside Yakorewe Abatutsi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Impamvu Zitera Polisi Y’u Rwanda Kudatesha Agaciro Abaturage Ishinzwe

Hari Kwigwa Uko Amakipe Yajya Akinira Mu Amahoro Stadium ‘Ku Giciro Kimwe’

Putin Yasabwe Kujya Mu Nama Y’Amahoro Yashyizweho Na Trump

Perezida Trump Arashaka Manda Ya Gatatu Uko Byagenda Kose

FERWAFA Yamaganye Abafana Ba APR FC 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

U Rwanda Rurashyira Imbaraga Mu Bukangurambaga Mu Gutanga Umusoro Wa TVA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

FERWAFA Yiyemeje Gukorana Na Mauritania 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Ububiligi Bwijeje DRC Gukomeza Kuyiba Hafi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Uburayi Bwatanze Miliyoni € 2 Zo Gufasha Abo Muri Kivu Y’Amajyepfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?