Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bugesera: Abantu Bagwiriwe N’Ikirombe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Bugesera: Abantu Bagwiriwe N’Ikirombe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 February 2024 3:46 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

 Mu Murenge wa Rweru mu Karere ka Bugesera haravugwa inkuru mbi y’abantu batatu bagwiriwe n’ikirombe, umwe abasha kuvanwamo ari muzima ariko abandi babiri baracyashakishwa.

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rweru witwa Jean Claude Sibomana yabwiye

Byabereye mu Murenge wa Rweru ahitwa Batima

Taarifa ko nta byinshi yadutangariza kubera ko we n’abaturage bari gufasha abantu kuri ‘icyo cyobo.’

Ibi byago byabereye ahitwa Batima nk’uko bagenzi bacu ba Flash babishyize kuri X.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Uburasirazuba Superintendent of Police( SP) Hamdun Twizerimana avuga ko amakuru atangwa n’abarokotse icyo gisimu avuga ko abo cyagwiriye bari bageze ku muryango w’aho binjirira mu cyobo bajya gucukura.

Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’i Burasirazuba, Superintendent of Police (SP) Hamdun Twizeyimana

Ngo ibitaka byabagwiriye biri hafi y’umunwa w’aho abajya gucukura binjirira.

Abagwiriwe n’icyo kirombe bose ni abagabo.

Ubwo twandikaga aya makuru, hari amashini yari yageze aho ibyo byago byabereye ariko kubera ko ubutaka bworoshye cyane bitewe n’imvura imaze iminsi ihagwa, iyo mashini ntirashobora kugera ku cyobo nyirizina ngo icukure.

Abantu bagwiriwe n’icyo kirombe bombi bari ingaragu kandi bakomoka muri Batima ya Rweru rwa Bugesera.

- Advertisement -

Ikirombe bacukuraga kandi ngo cyari kimaze igihe kidakoreshwa n’ikigo runaka kizwi kuko icyari cyaragitsindiye cyaje kurangiza imirimo kiragenda.

Ibyo bivuze ko abagicukuragamo babikoraga mu buryo butemewe n’amategeko.

Turakomeza kubakurikiranira iby’iyi nkuru…

TAGGED:BugeserafeaturedIkirombeRweru
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Addis Ababa: Kagame Mu Itangizwa Ry’Inteko Ya 37 Y’Abakuru B’Ibihugu By’Afurika
Next Article Kagame Avuga Ko Ku Mutekano W’u Rwanda Nta Mpaka Zigomba Kugibwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

RIB Yafunze Abanyamahanga Batatu

Gasabo: Hafashwe Abanigaga Abantu Bakabambura

Uwahoze Muri RDF Akurikiranyweho Ibyaha Byo Mu Mabuye y’Agaciro

UN N’u Rwanda Mu Bufatanye Bufite Agaciro Ka Miliyari $1

Nduhungirehe Mu Nama Ihuza Afurika N’Uburayi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

Nyarugenge: Imodoka Ya WASAC Yibwe

Nyagatare: Haravugwa Kotsa Burushete Z’Imbwa 

Hatangajwe Ifoto Yemewe Ya Papa Lewo XIV

BNR Mu Ngamba Zo Kurushaho Guteza Imbere Ikoranabuhanga Mu Kwishyurana

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Hagiye Kongera Kwibukwa Imiryango Y’Abatutsi Yazimye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Kamerthe Ntashira Amakenga Iby’Amasezerano Y’Amahoro Ya DRC N’u Rwanda 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Zahabu Igiye Kuba Indi Mari Ibitswe Muri BNR

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ese Elon Musk Yavanywe Mu Nkoramutima Za Trump?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?