Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Israel Iri Kugenzura Gaza Yose
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Israel Iri Kugenzura Gaza Yose

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 December 2023 1:59 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Israel ariko ivuga ko itazemera ko hari uyikora mu jisho
SHARE

Ingabo za Israel zatangaje ko zinjiye mu bice byose bya Gaza, zigasaba abaturage kuzivira mu nzira zikabona uko zivuna Hamas.

Amakuru avuga ko kuva zasubukura imirwano na Hamas mu mpera z’Icyumweru gishize, zongereye ibitero byo guhashya abarwanyi bayo bose.

Umwe mu bayobozi bakuru muri Amerika yavuze ko Israel ifite uburenganzira bwo kurinda ubusugire bwayo ariko ko ikwiye kwirinda guhutaza abasivili.

Ibi Israel ivuga ko izabikurikiza kuko nayo izi akamaro k’ubuzima bw’abasivile kandi ikazirikana n’amategeko mpuzamahanga yo kurengera abasivili.
Intambara yeruye kandi ikomeye hagati ya Israel na Hamas yatangiye taliki 07, Ukwakira, 2023 ubwo abarwanyi ba Hamas bagabaga igitero muri Israel kikica abantu 1200 mu kanya gato.

Kuva iyo ntambara yarota, ababarirwa mu bihumbi byinshi bamaze kuhasiga ubuzima ndetse Minisiteri y’ubuzima ku ruhande rwa Hamas ivuga ko abantu 15,000 barimo abana 6,000 aribo bishwe n’ibitero bya Israel, ibintu Yeruzalemu ihakana.

TAGGED:GazaHamasIbiteroIsrael
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RIB Yafashe Umugabo Wacukuye Icyobo Iwe
Next Article U Rwanda Rugiye Kongera Kuganira N’Ubwongereza Ku By’Abimukira
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Intambara Ya Dipolomasi Hagati Ya Israel Na Afurika Y’Epfo Irafata Indi Ntera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?