Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Israel Iri Kugenzura Gaza Yose
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Israel Iri Kugenzura Gaza Yose

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 December 2023 1:59 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Israel ariko ivuga ko itazemera ko hari uyikora mu jisho
SHARE

Ingabo za Israel zatangaje ko zinjiye mu bice byose bya Gaza, zigasaba abaturage kuzivira mu nzira zikabona uko zivuna Hamas.

Amakuru avuga ko kuva zasubukura imirwano na Hamas mu mpera z’Icyumweru gishize, zongereye ibitero byo guhashya abarwanyi bayo bose.

Umwe mu bayobozi bakuru muri Amerika yavuze ko Israel ifite uburenganzira bwo kurinda ubusugire bwayo ariko ko ikwiye kwirinda guhutaza abasivili.

Ibi Israel ivuga ko izabikurikiza kuko nayo izi akamaro k’ubuzima bw’abasivile kandi ikazirikana n’amategeko mpuzamahanga yo kurengera abasivili.
Intambara yeruye kandi ikomeye hagati ya Israel na Hamas yatangiye taliki 07, Ukwakira, 2023 ubwo abarwanyi ba Hamas bagabaga igitero muri Israel kikica abantu 1200 mu kanya gato.

Kuva iyo ntambara yarota, ababarirwa mu bihumbi byinshi bamaze kuhasiga ubuzima ndetse Minisiteri y’ubuzima ku ruhande rwa Hamas ivuga ko abantu 15,000 barimo abana 6,000 aribo bishwe n’ibitero bya Israel, ibintu Yeruzalemu ihakana.

TAGGED:GazaHamasIbiteroIsrael
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RIB Yafashe Umugabo Wacukuye Icyobo Iwe
Next Article U Rwanda Rugiye Kongera Kuganira N’Ubwongereza Ku By’Abimukira
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?