Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Israel Ishima Ko Abanyarwanda Bayiri Hafi Muri Iki Gihe Kiyigoye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Israel Ishima Ko Abanyarwanda Bayiri Hafi Muri Iki Gihe Kiyigoye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 October 2023 1:00 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ambasaderi wa Israel mu Rwanda Madamu Einat Weiss ashima ko Abanyarwanda bari hafi y’abaturage b’igihugu cye muri iki gihe kiri mu marira yatewe n’ibitero by’urwunge bimaze kubicamo benshi cyagabweho na Hamas.

Einat avuga ko ubuyobozi bw’igihugu cye bwiyemeje guhashya abayemeje kugitera.

Itangazo Taarifa ikesha Ambasade ya Israel mu Rwanda rivuga ko biriya bitero byatewe mu gihe kibi cyane kubera ko cyibasiye abaturage bari bagiye gusenga mu masinagogi hirya no hino mu bice bituranye na Gaza.

Hari mu gihe Abayahudi bita Simchat Torah, kikaba gihurirana n’italiki 07, Ukwakira kuri kalindari ya Grégoire abenshi ku isi bagenderaho.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Grégoire XIII uyu yari Papa  muri Kiliziya Gatulika.

Ambasaderi Einat Weiss avuga ko n’ubwo abateye igihugu cye batumye gicura umuborogo, ariko ingabo z’igihugu cye zizabahashya.

Ndetse ngo bigize ibyo Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu yaraye yijeje abaturage.

Yababwiye ko umwanzi wabateye azabyicuza.

Ambasaderi wa Israel mu Rwanda Madamu Einat Weiss

Hamas Yatumye Israel Itangiza Intambara Idasanzwe

- Advertisement -
TAGGED:featuredHamasIntambaraIsraelRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Hamas Yatumye Israel Itangiza Intambara Idasanzwe
Next Article Guverineri Wa Banki Nkuru Y’Uburundi Yatawe Muri Yombi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?