Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Israel Ishima Ko Abanyarwanda Bayiri Hafi Muri Iki Gihe Kiyigoye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Israel Ishima Ko Abanyarwanda Bayiri Hafi Muri Iki Gihe Kiyigoye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 October 2023 1:00 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ambasaderi wa Israel mu Rwanda Madamu Einat Weiss ashima ko Abanyarwanda bari hafi y’abaturage b’igihugu cye muri iki gihe kiri mu marira yatewe n’ibitero by’urwunge bimaze kubicamo benshi cyagabweho na Hamas.

Einat avuga ko ubuyobozi bw’igihugu cye bwiyemeje guhashya abayemeje kugitera.

Itangazo Taarifa ikesha Ambasade ya Israel mu Rwanda rivuga ko biriya bitero byatewe mu gihe kibi cyane kubera ko cyibasiye abaturage bari bagiye gusenga mu masinagogi hirya no hino mu bice bituranye na Gaza.

Hari mu gihe Abayahudi bita Simchat Torah, kikaba gihurirana n’italiki 07, Ukwakira kuri kalindari ya Grégoire abenshi ku isi bagenderaho.

Grégoire XIII uyu yari Papa  muri Kiliziya Gatulika.

Ambasaderi Einat Weiss avuga ko n’ubwo abateye igihugu cye batumye gicura umuborogo, ariko ingabo z’igihugu cye zizabahashya.

Ndetse ngo bigize ibyo Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu yaraye yijeje abaturage.

Yababwiye ko umwanzi wabateye azabyicuza.

Ambasaderi wa Israel mu Rwanda Madamu Einat Weiss

Hamas Yatumye Israel Itangiza Intambara Idasanzwe

TAGGED:featuredHamasIntambaraIsraelRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Hamas Yatumye Israel Itangiza Intambara Idasanzwe
Next Article Guverineri Wa Banki Nkuru Y’Uburundi Yatawe Muri Yombi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu mahangaUbuzima

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?