Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Israel Ishima Ko Abanyarwanda Bayiri Hafi Muri Iki Gihe Kiyigoye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Israel Ishima Ko Abanyarwanda Bayiri Hafi Muri Iki Gihe Kiyigoye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 October 2023 1:00 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ambasaderi wa Israel mu Rwanda Madamu Einat Weiss ashima ko Abanyarwanda bari hafi y’abaturage b’igihugu cye muri iki gihe kiri mu marira yatewe n’ibitero by’urwunge bimaze kubicamo benshi cyagabweho na Hamas.

Einat avuga ko ubuyobozi bw’igihugu cye bwiyemeje guhashya abayemeje kugitera.

Itangazo Taarifa ikesha Ambasade ya Israel mu Rwanda rivuga ko biriya bitero byatewe mu gihe kibi cyane kubera ko cyibasiye abaturage bari bagiye gusenga mu masinagogi hirya no hino mu bice bituranye na Gaza.

Hari mu gihe Abayahudi bita Simchat Torah, kikaba gihurirana n’italiki 07, Ukwakira kuri kalindari ya Grégoire abenshi ku isi bagenderaho.

Grégoire XIII uyu yari Papa  muri Kiliziya Gatulika.

Ambasaderi Einat Weiss avuga ko n’ubwo abateye igihugu cye batumye gicura umuborogo, ariko ingabo z’igihugu cye zizabahashya.

Ndetse ngo bigize ibyo Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu yaraye yijeje abaturage.

Yababwiye ko umwanzi wabateye azabyicuza.

Ambasaderi wa Israel mu Rwanda Madamu Einat Weiss

Hamas Yatumye Israel Itangiza Intambara Idasanzwe

TAGGED:featuredHamasIntambaraIsraelRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Hamas Yatumye Israel Itangiza Intambara Idasanzwe
Next Article Guverineri Wa Banki Nkuru Y’Uburundi Yatawe Muri Yombi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?