Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Israel Yagabiye Inka 20 Ab’I Rulindo, Baba Aba Gatatu Igabiye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Israel Yagabiye Inka 20 Ab’I Rulindo, Baba Aba Gatatu Igabiye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 November 2021 7:18 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu rwego rw’ubutwererane n’ubufatanye hagati ya Israel n’u Rwanda, Ambasade ya Israel mu Rwanda binyuze mu kigo cya Israel gishinzwe iterambere mpuzamahanga, MASHAV, yagabiye abatuye  Akarere ka Rulindo inka 20.

Byakozwe mu rwego rwo gufasha Leta y’u Rwanda mu mugambi yatangije wo koroza abaturage inka wiswe Girinka.

Ni umushinga watangijwe mu mwaka wa 2006, utangizwa na Perezida wa Repubulika Paul Kagame.

Abaturage bahawe inka ni abo mu murenge wa Rusiga, umuhango wo kuzibagabira ukaba witabiriwe n’abanyacyubahiro barimo na Ambaasaderi wa Israel mu Rwanda Dr Ron Adam.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Hari kandi n’Umuyobozi w’agateganyo w’Akarere ka Rulindo Al Bashir Bizumuremyi n’abandi bakora mu bigo bya Sosiyete sivili.

Ambasaderi wa Isreal mu Rwanda Dr Ron Adam yavuze ko igihugu cye kizakomeza gukorana n’u Rwanda mu iterambere ryarwo.

Umuyobozi w’agateganyo w’Akarere ka Rulindo ari kumwe na Ambasaderi wa Israel mu Rwanda Dr Ron Adam

Ati: “  Israel yishimiye gukorana n’u Rwanda mu guteza imbere gahunda ya Girinka yatangijwe na Perezida Kagame. Twamenye ko  inka ari ikintu cy’agaciro mu muco w’Abanyarwanda. Inka ni ingirakamaro kuko iha uyoroye amata n’ifumbire. Ikindi ni uko ishobora kuba isoko y’amafaranga.”

Si ubwa mbere Israel igabira u Rwanda inka kuko no muri Gicurasi, 2020 yagabiye abatuye Akarere ka Nyamasheke ndetse nyuma y’aho igabira n’abatuye Akarere ka Gisagara.

Mu Ukuboza, 2020 Itsinda ry’abanya Israel   20 bagabiye inka abaturage bo  mu Murenge wa Bushekeri.

- Advertisement -

Mbere y’aho ni ukuvuga Tariki 13, Ugushingo, 2020 Intumwa z’iriya Ambasade zashyikirije abatuye Umurenge wa Kanjongo inka 22.

Umuturage wo muri Gisagara wagabiwe inka yagize amahitwe ihita ibyara.

Ni uwo mu Murenge wa Musha.

Aha ni i Musha mu Karere ka Gisagara
TAGGED:featuredGirinkaIsraelKagamePerezidaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Stade Umuganda Yemewe Kongera Gukinirwamo
Next Article Abasirikare Hafi 1000 Basoje Imyitozo Ikomeye Yo Kurwanira Ku Butaka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?