Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Israel Yagabye Ibitero By’Indege Muri Iran
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Israel Yagabye Ibitero By’Indege Muri Iran

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 October 2024 8:51 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Indege z’intambara za Israel zagabye ibitero ku birindiro by’ingabo za Iran kandi zisubira muri Israel ntacyo zibaye.

Ni ibyemezwa na BBC.

Ibitero by’izi ndege byagabwe mu Murwa mukuru Teheran, abawutuye bakaba baraye badasinziriye kubera urusaku rw’indege n’ibisasu byazo byiyesuraga ku birindiro by’ingabo za Iran.

Ubuvugizi bw’ingabo za Israel buvuga ko biriya bitero byagabwe kugira ngo yihimure kuri Iran imaze iminsi iyigabaho ibitero bya missiles.

Ibiheruka ni ibyagabwe taliki 01, Ukwakira, 2024, bike muri byo bikaba byaraguye ku butaka bwa Israel.

Ibitero Israel yaraye igabye muri Iran byibasiye ibigo by’ingabo za Iran biri mu Majyepfo no mu Burengerazuba bwa Teheran.

Mu gihe BBC ivuga ko ari uko ibintu byaraye bigenze, itangazamakuru ryo muri Iran ryo rivuga ko ibitero bya Israel nta kintu ‘kinini’ byangije.

Minisiteri y’ingabo za Amerika ivuga ko yari yahawe amakuru na Israel arebana n’ibyo bitero ariko ikemeza ko nta ruhare yabigizemo.

TAGGED:IndegeIngaboIntambaraIranIsrael
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abarimu Ba Kaminuza Y’u Rwanda Barataka Umushahara Muto
Next Article Intambara Y’Isi Ya Gatatu Irakomanga…
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Rubavu: Minisitiri W’Intebe Yasuye Inganda Zikora Ku Kiyaga Cya Kivu

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Ebola Yagarutse Muri DRC

Musanze: Polisi Yafunze Ahengerwaga Inzoga Yitwa Karigazoke

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?