Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Israel Yagabye Ibitero By’Indege Muri Iran
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Israel Yagabye Ibitero By’Indege Muri Iran

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 October 2024 8:51 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Indege z’intambara za Israel zagabye ibitero ku birindiro by’ingabo za Iran kandi zisubira muri Israel ntacyo zibaye.

Ni ibyemezwa na BBC.

Ibitero by’izi ndege byagabwe mu Murwa mukuru Teheran, abawutuye bakaba baraye badasinziriye kubera urusaku rw’indege n’ibisasu byazo byiyesuraga ku birindiro by’ingabo za Iran.

Ubuvugizi bw’ingabo za Israel buvuga ko biriya bitero byagabwe kugira ngo yihimure kuri Iran imaze iminsi iyigabaho ibitero bya missiles.

Ibiheruka ni ibyagabwe taliki 01, Ukwakira, 2024, bike muri byo bikaba byaraguye ku butaka bwa Israel.

Ibitero Israel yaraye igabye muri Iran byibasiye ibigo by’ingabo za Iran biri mu Majyepfo no mu Burengerazuba bwa Teheran.

Mu gihe BBC ivuga ko ari uko ibintu byaraye bigenze, itangazamakuru ryo muri Iran ryo rivuga ko ibitero bya Israel nta kintu ‘kinini’ byangije.

Minisiteri y’ingabo za Amerika ivuga ko yari yahawe amakuru na Israel arebana n’ibyo bitero ariko ikemeza ko nta ruhare yabigizemo.

TAGGED:IndegeIngaboIntambaraIranIsrael
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abarimu Ba Kaminuza Y’u Rwanda Barataka Umushahara Muto
Next Article Intambara Y’Isi Ya Gatatu Irakomanga…
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu mahanga

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Huye: Abagabo Bane Bakurikiranyweho Gutema Abaturage

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?