Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Israel Yagabye Ibitero Muri Liban
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Israel Yagabye Ibitero Muri Liban

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 August 2021 4:32 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri uyu wa Kane tariki 5, Kanama, 2021 ingabo za Israel zagabye ibitero ku barwanyi ba Hezbollah bari muri Liban.

Ni cyo gitero cya mbere igabye muri kiriya gihugu guhera mu mwaka wa 2014.

Yabikoze mu rwego rwo kwihimura ku barwanyi ba Hezbollah bari bamaze iminsi barasa za roquettes muri Israel.

Kuri uyu wa Gatatu hari ibisasu bitatu byarashwe mu Majyaruguru ya Israel.

Kugeza ubu ariko nta mutwe wari wigamba biriya bitero.

Ariko Israel yo yemeza ko biriya bisasu byarashwe na Hezbollah isanzwe iba muri Liban.

Iki ni igitero cya gatatu Israel ya Bennett igabye hanze yayo.

Icya mbere yakigabye muri Syria, ikindi ikigaba muri Gaza none yarashe no muri Liban.

Itangazo rya Hezbollah yabwiye Le Monde ko ibisasu bya Israel byaguye mu Majyaruguru ahitwa Mahmoudiyah.

TAGGED:featuredHezbollahIbisasuIsrael
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibiteganyijwe Mu Ruzinduko Rwa Perezida Touadéra Mu Rwanda
Next Article Kagame Yasobanuye Impamvu Abasirikare Badasanzwe Boherejwe Muri Centrafrique
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

You Might Also Like

IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?