Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Israel Yambariye Urugamba: Ingabo 173,000, Indege Z’Intambara 600, Ibifaro 300…
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Israel Yambariye Urugamba: Ingabo 173,000, Indege Z’Intambara 600, Ibifaro 300…

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 October 2023 6:00 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ingabo za Israel zahawe amabwiriza yo kurwana na Hamas kugeza kuwa nyuma. Guhera kuri iki Cyumweru nibwo Guverinoma ya Israel yatangaje ku mugaragaro ko itangije intambara yeruye, kugeza ubu ingabo 173,000, ibifaro 300 n’indege 600 z’intambara…byose byateguwe ngo batangize intambara yeruye kandi ngo ishobora kumara igihe barwana na Hamas.

Mu basirikare 173,000 ba Israel harimo abakomando 8,000 bamaze kwegeranya ibyo bafite byose bya ngombwa ko barwane n’abarwanyi ba Hamas aho bari hose.

Bagize imitwe yihariye irimo uwitwa Sayeret Matkal.

.Ni uburyo bwo kwihorera kuri aba barwanyi baherutse kwica abaturage ba Israel bagera kuri 700 mu gihe gito cyane.

Ingabo za Israel zirwanira ku butaka zamaze kwegeranywa mu gihe zitegereje gutangiza intambara yo ku butaka zigana muri Gaza.

Ubuyobozi bw’izi ngabo buvuga ko abarwanyi ba Hamas ari bo bagabye igitero kuri Israel mu mpera z’Icyumweru gishize.

Ikindi kivugwa muri iki kibazo ni uko Amerika yohereje ubwato bw’intambara bugwaho indege mu gice gituranye na Israel mu rwego rwo kuyifasha igihe cyose byaba bibaye ngombwa.

TAGGED:featuredHamasIbifaroIntambaraIsrael
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umwe Mu Nshuti Z’u Rwanda Ari Mu Bashimuswe Na Hamas
Next Article Umuyobozi Mukuru Mu Mutekano Wa Centrafrique Yasuye Polisi Y’u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gasabo: Bafungiwe Kwangiza Amashanyarazi

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Dagalo Uvugwaho Gukora Jenoside Muri Sudani Ni Muntu Ki?

DRC: Ingabo Z’Uburundi Zirashinjwa Kwicisha Abanyamulenge Inzara

Harabura Iki Ngo Interineti Igere Hose?-Abadepite Babaza Ingabire

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kwibwira Ko Umushinga Mwiza Wose Ukwiye Inguzanyo Ni Ukwibeshya-Patience Mutesi Uyobora BPR

Perezida W’Ubushinwa Yasabye Amerika Kubaha Ubukungu Bw’Igihugu Cye

Mu Bufaransa Haraba Inama Ikomeye Ku Bibazo Biri Mu Karere u Rwanda Ruherereyemo

Tanzania: Ishyaka CHADEMA Ryagize Icyo Rivuga Ku Byavuye Mu Matora

Ruhango: Hatangiye Iperereza Ku Mugabo Bikekwa Ko Yishwe N’Abo Yasengereye

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Umuyobozi Wa Qatar Yaganiriye N’Uw’u Rwanda Ku Bihuza Ibihugu Byombi 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Kuri Perezida Kagame Nta Terambere Rirambye Igihe Umuturage Ahejwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ikoranabuhanga

Ubushinwa Bwatangiye Gukoresha Robo Zikora Gipolisi Mu Muhanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Abasirikare Ba Uganda Bicanye Bapfa Umugore

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?