Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Israel Yambariye Urugamba: Ingabo 173,000, Indege Z’Intambara 600, Ibifaro 300…
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Israel Yambariye Urugamba: Ingabo 173,000, Indege Z’Intambara 600, Ibifaro 300…

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 October 2023 6:00 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ingabo za Israel zahawe amabwiriza yo kurwana na Hamas kugeza kuwa nyuma. Guhera kuri iki Cyumweru nibwo Guverinoma ya Israel yatangaje ku mugaragaro ko itangije intambara yeruye, kugeza ubu ingabo 173,000, ibifaro 300 n’indege 600 z’intambara…byose byateguwe ngo batangize intambara yeruye kandi ngo ishobora kumara igihe barwana na Hamas.

Mu basirikare 173,000 ba Israel harimo abakomando 8,000 bamaze kwegeranya ibyo bafite byose bya ngombwa ko barwane n’abarwanyi ba Hamas aho bari hose.

Bagize imitwe yihariye irimo uwitwa Sayeret Matkal.

.Ni uburyo bwo kwihorera kuri aba barwanyi baherutse kwica abaturage ba Israel bagera kuri 700 mu gihe gito cyane.

Ingabo za Israel zirwanira ku butaka zamaze kwegeranywa mu gihe zitegereje gutangiza intambara yo ku butaka zigana muri Gaza.

Ubuyobozi bw’izi ngabo buvuga ko abarwanyi ba Hamas ari bo bagabye igitero kuri Israel mu mpera z’Icyumweru gishize.

Ikindi kivugwa muri iki kibazo ni uko Amerika yohereje ubwato bw’intambara bugwaho indege mu gice gituranye na Israel mu rwego rwo kuyifasha igihe cyose byaba bibaye ngombwa.

TAGGED:featuredHamasIbifaroIntambaraIsrael
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umwe Mu Nshuti Z’u Rwanda Ari Mu Bashimuswe Na Hamas
Next Article Umuyobozi Mukuru Mu Mutekano Wa Centrafrique Yasuye Polisi Y’u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Meteo Rwanda Irateguza Imvura Irimo Inkuba Mu Gihugu Hose

DRC:Abasirikare Basabiwe Gufungwa Imyaka 15 

Nyagatare: Hatangijwe Umushinga Mugari Wo Guhinga Ubutaka Bukomatanyije

Abanyamakuru Barekuwe N’Urukiko Rwa Gisirikare

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Ingengabihe Y’Umwaka Utaha W’Amashuri Yatangajwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Uganda: Umwe Mu Bakire Bakomeye Yiciwe Mu Biro Bye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Gaza: Ingabo Za Israel Zishe Abanyamakuru

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?