Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Israel Yatangiye Kurasa Muri Rafah
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Israel Yatangiye Kurasa Muri Rafah

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 May 2024 11:27 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’uko ibiteguje igihe kirekire, Israel yatangije intambara muri Rafah, ahantu ivuga ko hahindutse indiri y’abarwanyi ba Hamas.

Ibinyamakuru byo muri Israel bivuga ko burinze bucya ibisasu bya Israel biri kugwa muri Rafah.

Aka gace ka Gaza muri iki gihe kabarurwamo abantu bagera kuri Miliyoni ebyiri.

Barimo abagore, abana n’abandi bahahungiye intambara Israel yatangije kuri Hamas nyuma y’igitero uyu mutwe wagabye muri Israel uyitunguye ukica abantu 12000 abandi 125 bagatwarwa bunyago.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Perezida wa Amerika Joe Biden asaba Israel kureka iyo mirwano kubera ishobora gutuma abasivili benshi bahasiga ubuzima.

Ndetse Amerika yavuze ko itagihaye Israel zimwe muri bombes yari yarayemereye.

Ambasaderi wa Israel muri UN witwa Gilad Erdan yavuze ko ibyavuzwe na Biden ‘bibabaje’.

TAGGED:AmerikaIsrael
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RIB Yafunze Abakoresha YouTube Mu Kuvuga Iby’Urukozasoni
Next Article Umuraperi Kivumbi Yatangiye Gukorana N’Abanya Nigeria 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?