Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Israel Yihoreye Kuri Iran, Ijisho Rihorerwa Irindi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Israel Yihoreye Kuri Iran, Ijisho Rihorerwa Irindi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 April 2024 9:27 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu amakuru aravuga ko hari indege za Israel zarashe ikigo cy’ingabo za Iran kiri ahitwa Isfahan muri Iran rwagati.

Nyuma hahise hatangazwa amafoto yerekana imbunda za Iran zateguriwe urugamba.

Igitero cya Israel kivuzwe nyuma y’igihe gito Iran igabye igitero kuri Israel cya drones 350 ariko inyinshi zigahanurwa zikiri mu kirere.

Ubwo Israel yihimuye ntawamenya ikiri bukurikireho.

Ikigo mpuzamahanga gishinzwe imbaraga za kirimbuzi, he International Atomic Energy Agency (IAEA) kivuga ko ku bw’amahirwe nta kintu mu bigize uruganda rw’ingufu za kirimbuzi za Iran cyangiritse.

Hagati aho hari impungenge ko ahari Ambasade za Israel hirya no hino ku isi hashoborwa guterwa ibisasu cyangwa hakagabwa ibitero by’iterabwoba.

Ikindi kiri kwandikwa ni uko igitero Israel yaraye igabye kuri Iran yakigabye ku munsi w’ivuka ry’Umuyobozi w’ikirenga wa Iran witwa Ali Khamenei.

Iran, ku rundi ruhande, yarahiye ko itazabura gukomeza kwihorera kuri Israel.

Ibi biri mu biri guteza ikibazo ku isi ko hashobora kubera intambara ikomeye.

 

TAGGED:IntambaraIranIsrael
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Iterambere Ry’Uburezi Nk’Uko PM Ngirente Abisobanura
Next Article Depite Yabajije Min W’Intebe Ikibazo Gitangaje
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?