Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Israel Yishe Sinwar Wari Uherutse Gutorerwa Kuyobora Hamas 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Israel Yishe Sinwar Wari Uherutse Gutorerwa Kuyobora Hamas 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 October 2024 7:53 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ingabo za Israel zemeza zidashidikanya ko zishe Yahya Sinwar wayoboraga Hamas.

Mu masaha ya kare byari byanuganuzwe ariko Israel ibanza gusuzuma imirambo y’abarwanyi ba Hamas bari baguye mu gitero cyayo cy’indege.

Yahya Sinwar niwe Israel ishinja kuba yarateguye ibitero byo ku italiki ya 07, Ukwakira, 2023.

Israel yamushinjaga kandi kugira uruhare rutaziguye mu rupfo no gushimuta abanya Israel benshi mu bihe n’ahantu hatandikanye.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Sinwar yari aherutse gusura Ismael Haniyeh nawe Israel yiciye muri Iran ubwo yari yagiye mu muhango wo kwimika Perezida wa Iran mushya witwa Massoud.

Israel yishe Sinwar nta gihe kinini gishize yishe Hassan Nasrallah wayobora Hezbollah.

TAGGED:featuredHamasIgiteroIsraelSinwarUmuyobozi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Irebere Ferrari Ya Mbere Ihenze Kurusha Izindi Ku Isi
Next Article Rwanda: Meteo Iraburira Abantu Ku Bwinshi Bw’Imvura Iri Imbere
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?