Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Isuzuma Ku Buzima Bwa Messi Muri PSG Ryatangiye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Isuzuma Ku Buzima Bwa Messi Muri PSG Ryatangiye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 August 2021 8:54 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma yo kwakirwa muri Paris Saint Germain, ubu Lionel Messi yatangiye imyitozo hagamijwe kureba niba afite ubuzima bwiza bwamufasha imyitozo muri iriya kipe yinjiyemo bwa mbere.

Itsinda ry’abaganga ba Paris Saint Germain nibo bari kumusuzuma ngo barebe uko amaraso atembera, barebe niba imitsi ye izibutse bihagije k’uburyo nta kibazo yazagira mu gihe cy’imyotozo myinshi n’ibindi.

Abaganga bagomba kureba uko umutima we utera, bakagereranya n’imyaka ye, intera ashobora kwiruka, kandi bakaruba niba ibihaha byakira kandi bigasohora umwuka neza.

Iri gerageza rikozwe mbere y’uko yerekwa abafana bakamwishimira ubundi agatangira akazi ko gukinira iriya kipe iri mu makipe y’umupira w’amaguru akize kandi akinisha abakinnyi b’ibyamamare kurusha andi ku isi.

Muri PSG Messi yasanzemo inshuti ye Neymar hamwe n’undi mukinnyi ukomeye witwa Kylian  Mbappé.

Iyo urebye mu maso ha Messi ubona ko afite akanyamuneza n’ubwo yari amaranye iminsi agahinda ko kuba ateremerewe gukomeza gukinira ikipe y’iwabo yakundaga cyane yitwa FC Barcelona.

Kubera urukundo yayikundaga, yari yaremeye ko umushahara we wagabanywaho 50% ariko agakomeza kuyikinira mu myaka ine iri imbere.

Ntibyakunze kubera ko amabwiriza mashya ya Shampiyona ya kiriya gihugu atemera ko umukinnyi uhenze nka Messi yakomeza gukira Barca kubera ko muri iki gihe ubukungu butifashe neza.

Bagomba kureba uko umutima utera n’igihe umuntu aryamye
Abaganga barebanga uko umubiri we ukora bakoresheje ibyuma byabugenewe
Ati: ” Ndacyari bitibibisi’
Bareba niba nta binure afite ku nda
Bagomba kumva uko umutima we utera batibagiwe n’ibihaha
Aha ari hose haba hari abashinzwe kumurindira umutekano
TAGGED:BarcafeaturedMbappeMessiParisPSGUmukinnyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kwimakaza Ikinyabupfura Mu Ngabo Bisaba Kutajenjeka
Next Article AKUMIRO: Abantu 6,500 Barimo N’Abanyarwanda Bapfuye Bubaka Sitade Z’Igikombe Cy’Isi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?