Umusaruro wa rutahizamu mushya wa Paris Saint Germain (PSG), Lionel Messi, uhanzwe amaso uhereye ku bitego azatsinda, imipira azatanga ivamo ibitego cyangwa mu kumenyekanisha u Rwanda...
Nyuma yo kwakirwa muri Paris Saint Germain, ubu Lionel Messi yatangiye imyitozo hagamijwe kureba niba afite ubuzima bwiza bwamufasha imyitozo muri iriya kipe yinjiyemo bwa mbere....
Minisiteri ya Siporo yatangaje ko hatangiye urugendo rw’iminsi itatu rwo gutoranya abantu bazakorana n’ishuri ry’umupira w’amaguru rya Paris Saint Germain F.C yo mu Bufaransa, rizatangira gukorera...