Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Itangazo Ry’Ingabo Z’u Rwanda Nyuma Y’Ibindi Bisasu Byaguye Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Itangazo Ry’Ingabo Z’u Rwanda Nyuma Y’Ibindi Bisasu Byaguye Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 June 2022 7:15 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda isaba Abanyarwanda gushyira umutima mu  nda kuko n’ubwo hari ibindi bisasu byaguye ku butaka bw’u Rwanda bivuye muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo  ahitwa Bunagana bikagwa mu Murenge wa Kinigi mu Karere ka Musanze.

Ingabo z’u Rwanda zivuga ko iyi ari inshuro ya kabiri ibisasu bivuye muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bigwa mu Rwanda.

DRC FIRES ROCKETS INTO RWANDA https://t.co/gqA02wubS1 pic.twitter.com/apmeq8bGJU

— Rwanda Defence Force (@RwandaMoD) June 10, 2022

Ubwo bwagwaga mu Rwanda mu mpera za Gicurasi, 2022, hari abantu byakomereje ndetse byangiza n’inyubako.

Icyakora kuri iyi nshuro nabwo ngo nta muntu cyahitanye ariko ngo cyarushijeho gukura abantu umutima.

Ingabo  z’u Rwanda zivuga ko Abanyarwanda batagombye gukuka umutima kuko ibintu byose ziri kubikurikiranira hafi.

RDF Ivuga Ko Ingabo Za DRC Zarashe Mu Rwanda

TAGGED:CongofeaturedIngaboMinisiteriRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abagenzacyaha B’u Rwanda Bihuguye Ku Ikoranabuhanga Ryo Gufata Abanyabyaba Babuze
Next Article Kigali: Habereye Umuhango Wo Gusomera Mu Ruhame Ibitabo Bivuga Kuri Jenoside Yakorewe Abatutsi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

‎Gasabo: Bafatanywe Ibilo 31 By’Urumogi Byavaga i Kirehe Bijya i Muhanga

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbuzima

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?