Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Itangazo Ry’Ingabo Z’u Rwanda Nyuma Y’Ibindi Bisasu Byaguye Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Itangazo Ry’Ingabo Z’u Rwanda Nyuma Y’Ibindi Bisasu Byaguye Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 June 2022 7:15 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda isaba Abanyarwanda gushyira umutima mu  nda kuko n’ubwo hari ibindi bisasu byaguye ku butaka bw’u Rwanda bivuye muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo  ahitwa Bunagana bikagwa mu Murenge wa Kinigi mu Karere ka Musanze.

Ingabo z’u Rwanda zivuga ko iyi ari inshuro ya kabiri ibisasu bivuye muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bigwa mu Rwanda.

DRC FIRES ROCKETS INTO RWANDA https://t.co/gqA02wubS1 pic.twitter.com/apmeq8bGJU

— Rwanda Defence Force (@RwandaMoD) June 10, 2022

Ubwo bwagwaga mu Rwanda mu mpera za Gicurasi, 2022, hari abantu byakomereje ndetse byangiza n’inyubako.

Icyakora kuri iyi nshuro nabwo ngo nta muntu cyahitanye ariko ngo cyarushijeho gukura abantu umutima.

Ingabo  z’u Rwanda zivuga ko Abanyarwanda batagombye gukuka umutima kuko ibintu byose ziri kubikurikiranira hafi.

RDF Ivuga Ko Ingabo Za DRC Zarashe Mu Rwanda

TAGGED:CongofeaturedIngaboMinisiteriRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abagenzacyaha B’u Rwanda Bihuguye Ku Ikoranabuhanga Ryo Gufata Abanyabyaba Babuze
Next Article Kigali: Habereye Umuhango Wo Gusomera Mu Ruhame Ibitabo Bivuga Kuri Jenoside Yakorewe Abatutsi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Nduhungirehe Ashimangira Ko FDLR Ikiri Ikibazo K’u Rwanda

Ingabo Za Israel Zaje Mu Rwanda, Abaganga Bayo Bajya i Burundi

Kapiteni Wa Kiyovu Sports Yahaniwe Imyitwarire Mibi

Abana Bafite Ubumuga Barakimwa Amahirwe Yo Kwiga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

You Might Also Like

Mu mahanga

DRC: Imirwano Hagati Ya Wazalendo Na FARDC Imaze Kugwamo Abantu 11

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Mu Mezi Icyenda BK Yungutse Miliyari Frw 83.5

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?