Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: IVUGURUYE: Iran Yarashe Missiles Zirenga 100 Kuri Israel
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

IVUGURUYE: Iran Yarashe Missiles Zirenga 100 Kuri Israel

admin
Last updated: 01 October 2024 6:49 pm
admin
Share
SHARE

 

Nk’uko umwe mu bayobozi bakomeye muri Amerika yari yabibwiye BBC ko bafite amakuru y’uko Iran iri gutegura igitero kuri Israel, mu masaha y’ijoro koko Teheran yaharashe  missiles zirenga 100.

Israel ivuga ko izigera ku 180 zahanuwe zitariyesura ku butaka bwa Israel.

Ni igikorwa cyakozwe ku bufatanye na Amerika.

Umuvugizi w’ingabo za Israel witwa Daniel Hagari yavuze ko Iran izicuza ibyo yakoze.

Mu masaha y’ijoro yo kuri uyu wa Mbere ingabo za Israel zirwanira ku butaka zaraye zitangiye ibitero byo ku butaka byo kurimbura Hezbollah muri Lebanon.

Israel ivuga ko ari ibitero ‘bito bito’ bigamije gusenya ibirindiro bya Hezbollah aho biri hose muri Lebanon.

Ikomeje gusaba abaturage ba Lebanon bari mu bice iteganya kuzagabamo ibitero kuhimuka.

Minisitiri w’Intebe wa Lebanon avuga ko igihugu cye kiri mu kangaratete gakomeye mu mateka yayo, agasaba amahanga kureba uko bagitabara.

Mu gihe gito gishize ibitero bya Israel bitangiye, abaturage ba Lebanon bagera kuri miliyoni bamaze guhunga.

TAGGED:featuredHezbollahigisasuIntambaraIranIsraelLebanon
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Urubyiruko Rurasaba Umwanya Mu Gushyiraho Ingengo Y’Imari Irugenewe
Next Article Ruhango: Umuyobozi Wari Ufungiye Mu Nzererezi Yararekuwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu mahangaUbuzima

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?