Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: IVUGURUYE: Iran Yarashe Missiles Zirenga 100 Kuri Israel
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

IVUGURUYE: Iran Yarashe Missiles Zirenga 100 Kuri Israel

Last updated: 01 October 2024 6:49 pm
Share
SHARE

 

Nk’uko umwe mu bayobozi bakomeye muri Amerika yari yabibwiye BBC ko bafite amakuru y’uko Iran iri gutegura igitero kuri Israel, mu masaha y’ijoro koko Teheran yaharashe  missiles zirenga 100.

Israel ivuga ko izigera ku 180 zahanuwe zitariyesura ku butaka bwa Israel.

Ni igikorwa cyakozwe ku bufatanye na Amerika.

Umuvugizi w’ingabo za Israel witwa Daniel Hagari yavuze ko Iran izicuza ibyo yakoze.

Mu masaha y’ijoro yo kuri uyu wa Mbere ingabo za Israel zirwanira ku butaka zaraye zitangiye ibitero byo ku butaka byo kurimbura Hezbollah muri Lebanon.

Israel ivuga ko ari ibitero ‘bito bito’ bigamije gusenya ibirindiro bya Hezbollah aho biri hose muri Lebanon.

Ikomeje gusaba abaturage ba Lebanon bari mu bice iteganya kuzagabamo ibitero kuhimuka.

Minisitiri w’Intebe wa Lebanon avuga ko igihugu cye kiri mu kangaratete gakomeye mu mateka yayo, agasaba amahanga kureba uko bagitabara.

Mu gihe gito gishize ibitero bya Israel bitangiye, abaturage ba Lebanon bagera kuri miliyoni bamaze guhunga.

TAGGED:featuredHezbollahigisasuIntambaraIranIsraelLebanon
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Urubyiruko Rurasaba Umwanya Mu Gushyiraho Ingengo Y’Imari Irugenewe
Next Article Ruhango: Umuyobozi Wari Ufungiye Mu Nzererezi Yararekuwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umukobwa Wo Mu Ruhango Bamusanze Mu Cyumba Cy’Umusore Yapfuye

RDB Yongereye Amasaha Yo Gufungura Utubari 

DJ Toxxyk Akurikiranyweho Kugonga Umupolisi Agapfa

Ibishanga Bya Kigali Byangizwa N’Ababisukamo Amazi Yanduye- Minisitiri Arakwiye

Rwanda: Abana Bafite Ubumuga Baracyahishwa Mu Ngo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Guinée-Bissau: Inshuti Y’Uwahoze Ari Perezida Yafatiwe Mu Ndege Afite Ivarisi Yuzuye Amafaranga

M23 Yemeye Kuva Muri Uvira Ariko Igira Ibyo Isaba…

Ruhango: Bakurikiranyweho Kwica Urubozo Uwo Bafitanye Isano

Tshisekedi Arashaka Ubufasha Bwa Gisirikare Bwa Angola

Trump Yeruye Arega BBC Ngo Imwishyure Miliyari $10

You Might Also Like

Mu mahanga

UN Yemeza Ko Nta Nzara ‘Ikomeye’ Ikiri Muri Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunya Iraq Wahoze Ari Impunzi Yatorewe Kuyobora UNHCR

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abavoka Basaba Ruswa Batokoza Ubutabera- Mukantaganzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Amerika Yagabye Igitero Muri Syria

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?