Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: IVUGURUYE: Umunyarwanda Yaguye Mu Mpanuka Ya Volcano Yabereye Muri Uganda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

IVUGURUYE: Umunyarwanda Yaguye Mu Mpanuka Ya Volcano Yabereye Muri Uganda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 December 2022 10:02 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Taarifa yamenye ko hari Umunyarwanda witwa Etienne( abo mu muryango we ntibifuza ko irindi rimenyekana) waguye mu mpanuka yakozwe na Bisi ya Volcano( ni ikigo gikorera mu Rwanda) yari ivuye i Kampala iza mu Rwanda ikagonganira  na bisi yo muri Kenya y’ikigo kitwa Oxygen KCU ahitwa Mbarara.

Abo mu muryango wa Etienne batubwiye ko yari avuyeyo aje kurira Ubunani mu iwe mu Murenge wa  Masaka mu Karere ka Kicukiro.

Hari amakuru avuga ko yahitanye barindwi ariko nta rwego rwa Leta ruragira icyo rubivugaho.

Abapfuye barimo n’abari batwaye ibi binyabiziga kandi andi makuru avuga ko abandi bantu 30 bahakomerekeye.

Kugeza ubu nta makuru y’uko hari Abanyarwanda bari bayirimo Taarifa yari yamenya.

Mbarara ni  agace gakunze kuberamo impanuka zikomeye kubera ko ari umurambi kandi muremure bityo abashoferi iyo bahageze bariruka cyane.

Iyo hagize igihungabanya imodoka ihita ikora impanuka kandi akenshi ziba zikomeye.

Icyakora umwe mu bakozi bakuru muri Volcano witwa Emery yatwemereye ko iyo mpanuka yabaye ariko ko ari buduhe amakuru arambuye mu gihe gito kiri imbere.

Turakomeza kubakurikiranira iyi nkuru..

TAGGED:BisifeaturedImpanukaPolisiRwandaUgandaVolcano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gicumbi: Ibilo Bine Bya Heroin Na Litiro Za Kanyanga Byangijwe
Next Article Iyo Umuyobozi W’Ikigo Cy’Ubucuruzi Arwaye Biba Bibi Kuri Benshi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?