Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: IVUGURUYE: Umunyarwanda Yaguye Mu Mpanuka Ya Volcano Yabereye Muri Uganda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

IVUGURUYE: Umunyarwanda Yaguye Mu Mpanuka Ya Volcano Yabereye Muri Uganda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 December 2022 10:02 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Taarifa yamenye ko hari Umunyarwanda witwa Etienne( abo mu muryango we ntibifuza ko irindi rimenyekana) waguye mu mpanuka yakozwe na Bisi ya Volcano( ni ikigo gikorera mu Rwanda) yari ivuye i Kampala iza mu Rwanda ikagonganira  na bisi yo muri Kenya y’ikigo kitwa Oxygen KCU ahitwa Mbarara.

Abo mu muryango wa Etienne batubwiye ko yari avuyeyo aje kurira Ubunani mu iwe mu Murenge wa  Masaka mu Karere ka Kicukiro.

Hari amakuru avuga ko yahitanye barindwi ariko nta rwego rwa Leta ruragira icyo rubivugaho.

Abapfuye barimo n’abari batwaye ibi binyabiziga kandi andi makuru avuga ko abandi bantu 30 bahakomerekeye.

Kugeza ubu nta makuru y’uko hari Abanyarwanda bari bayirimo Taarifa yari yamenya.

Mbarara ni  agace gakunze kuberamo impanuka zikomeye kubera ko ari umurambi kandi muremure bityo abashoferi iyo bahageze bariruka cyane.

Iyo hagize igihungabanya imodoka ihita ikora impanuka kandi akenshi ziba zikomeye.

Icyakora umwe mu bakozi bakuru muri Volcano witwa Emery yatwemereye ko iyo mpanuka yabaye ariko ko ari buduhe amakuru arambuye mu gihe gito kiri imbere.

Turakomeza kubakurikiranira iyi nkuru..

TAGGED:BisifeaturedImpanukaPolisiRwandaUgandaVolcano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gicumbi: Ibilo Bine Bya Heroin Na Litiro Za Kanyanga Byangijwe
Next Article Iyo Umuyobozi W’Ikigo Cy’Ubucuruzi Arwaye Biba Bibi Kuri Benshi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?