Ni umushinga ufite agaciro ka Miliyoni $90. Amasezerano agenga iby’iri shoramari aherutse gusinywa hagati y’ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu cy’iterambere, RDB, ubw’Umujyi wa Kigali n’ubw’ikigo Vivo Energy Group...
Mu gihe kitaratangazwa arko cya vuba, mu mujyi wa Kigali hazatangira gukoreshwa bisi zikoresha amashanyarazi. Ni mu rwego rwo kurushaho kurengera ibidukikije ariko n’ikibazo cya bisi...
Amarira ni menshi mu bice bitandukanye bya Senegal nyuma y’uko abantu 40 ari bo bamaze kubarurwa ko bahitanywe n’impanuka ya bisi ziherutse kugongana. Zimwe mu mpamvu...
Hashize iminsi bamwe mu bahagarariye ibigo bitwara abantu mu modoka mu buryo bwa rusange batakambira Taarifa ngo ibavuganire kuko hari amafaranga Guverinoma ibagomba ariko yabimye bituma...
Abo ni Ishingiro Mustafa, Murara Alphonse na Hakizimana Etienne. Etienne niwe wabanje kumenyekana mbere kubera ko hari abo mu muryango we babibwiye Taarifa. Ngo yari avuye...