Amarira ni menshi mu bice bitandukanye bya Senegal nyuma y’uko abantu 40 ari bo bamaze kubarurwa ko bahitanywe n’impanuka ya bisi ziherutse kugongana. Zimwe mu mpamvu...
Hashize iminsi bamwe mu bahagarariye ibigo bitwara abantu mu modoka mu buryo bwa rusange batakambira Taarifa ngo ibavuganire kuko hari amafaranga Guverinoma ibagomba ariko yabimye bituma...
Abo ni Ishingiro Mustafa, Murara Alphonse na Hakizimana Etienne. Etienne niwe wabanje kumenyekana mbere kubera ko hari abo mu muryango we babibwiye Taarifa. Ngo yari avuye...
Taarifa yamenye ko hari Umunyarwanda witwa Etienne( abo mu muryango we ntibifuza ko irindi rimenyekana) waguye mu mpanuka yakozwe na Bisi ya Volcano( ni ikigo gikorera...
Abagenzi batega yaba bisi cyangwa moto bashyiriweho ikarita nshya yo kwishyura. Ni ikarita bise SafariBus yakozwe n’Ikigo Centrika ikaba yari imaze iminsi igeragerezwa mu Karere ka...