Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Iwabo Luvumbu Yakiriwe Gitwari
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Iwabo Luvumbu Yakiriwe Gitwari

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 February 2024 9:59 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukinnyi Luvumbu wari usanzwe ari mu bakomeye ba Rayon Sports yaraye ageze iwabo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo nyuma y’uko ahagaritswe n’ikipe ye kubera ikibazo cya Politiki yazanye muri siporo. Iwabo bamwakiriye nk’intwari kuko hari intumwa ya Guverinoma ya DRC.

Ku kibuga cy’indege cy’ i Goma hari haje abanyamakuru n’abandi bo mu  muryango wa Luvumbu baje kumwakira kandi ubona ko bari bamukumbuye koko.

Yaje mu modoka ifite ibirahure byijimye, abantu baza kumwakira no kumukurira ibikapu mu modoka.

Yasanganiwe n’abayobozi barimo n’intumwa ya Guverinoma ya DRC
Kabulo Mwana Kabulo Minisitiri wa Siporo niwe wamwakiriye

Uyu mukinnyi aherutse gukora ikimenyetso cyarakaje bamwe mu bafana b’Abanyarwanda basanzwe bakurikirana Politiki yo mu Karere kubera ko kiri gukoreshwa n’abanyapolitiki bo muri DRC( aho Luvumbu akomoka) bavuga ko u Rwanda ruri gukorera Jenoside abaturage b’iki gihugu.

Luvumbu yagikoze ku Cyumweru taliki ya 11, Gashyantare, 2024, ubwo ikipe ye yatsindaga Police FC ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi wa 20 wa shampiyona. Muri ibyo bitego afitemo kimwe.

N’ubwo Luvumbu yazanye ikibazo cya Politiki muri siporo y’u Rwanda, ubusanzwe ni umwe mu bakinnyi beza iyi kipe yagize mu mateka yayo ya vuba aha.

TAGGED:GomaIkipeLuvumbuRayon
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kigali Ni Iya Gatatu Muri Afurika Mu Kuba Ahantu Heza Hatanga Serivisi Z’Imari
Next Article Liberia Yagize Bwa Mbere Minisitiri W’Ingabo W’Umugore
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Ibanga Kepler Yakoresheje Ngo Ihagarare Neza Muri Basket Y’Abagore

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?