Umukino wa nyuma w’irushanwa “RNIT Savings Cup” waraye uhuje Kiyovu Sports y’abakinnyi 10 na Rayon Sports warangiye iyi kipe itsinze Kiyovu ibitego 3-0. Wabereye kuri Kigali...
Héritier Luvumbu Nzinga ni umukinnyi mushya Rayon Sports yazanye. Ubwo yageraga ku kibuga cy’indege cya Kigali yavuze ko aje yiyemeje gufatanya na bagenzi be kugira ngo...
Umukino wahuzaga amakipe abiri asangiye itsinda B ariyo Rayon Sports na Rutsiro FC urangiye itsinze Rutsiro FC ibitego bibiri ku busa. Ku munota wa 90 w’umukino...