Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Iyo Tour Du Rwanda Irangiye Ntawuhuye N’ikibazo Birashimisha- Perezida Wa FERWACY
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Iyo Tour Du Rwanda Irangiye Ntawuhuye N’ikibazo Birashimisha- Perezida Wa FERWACY

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 February 2023 9:09 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abdallah Murenzi uyobora Ishyirahamwe Nyarwanda ry’umukino w’amagare avuga ko kimwe mu byo yishimira byagenze neza muri Tour du Rwanda ya 2023 ari uko nta mukinnyi wahavunikiye cyangwa ngo ahagwe.

Murenzi avuga ko kuba umukinnyi yavunika cyangwa agasiga ubuzima mu mikino w’igare ari ibintu bishoboka cyane kubera ko baba bakoresha ikinyabiziga kandi bihuta cyane.

Ati: “ Urupfu rurashoboka cyane kubera ko dukinira mu muhanda, impanuka ishobora kuba umuntu agapfa cyangwa akagira imvune ikomeye.”

Avuga ko kimwe mu bintu bitazibagirana muri Tour du Rwanda  ya 2023 ari ko Perezida wa Repubulika yaje kureba aho ryarangirijwe.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yabwiye RBA ko gahunda FERWACY yari yateguye muri ririya rushanwa zagezweho ku gipimo kirenga 90%.

Murenzi kandi avuga ko iyo arebye asanga umukino w’amagare mu Rwanda uzatera imbere kubera ko Tour du Rwanda ziba muri iki gihe zituma Abanyarwanda bigira ku bakinnyi bakomeye ku isi.

Iri siganwa ryitabiriwe n’abakinnyi ijana ariko rirangizwa n’abakinnyi 55.

Abanyarwanda baryitabiriye bari 11 ariko abarirangije ni batatu.

TAGGED:AbakinnyiAmagarefeaturedFERWACYMurenzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Yatorotse Gereza Akoresheje Amashuka
Next Article Umubare W’Abanyarwanda Wamenyekanye, Abagore Nibo BENSHI
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?