Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Iyo Tour Du Rwanda Irangiye Ntawuhuye N’ikibazo Birashimisha- Perezida Wa FERWACY
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Iyo Tour Du Rwanda Irangiye Ntawuhuye N’ikibazo Birashimisha- Perezida Wa FERWACY

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 February 2023 9:09 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abdallah Murenzi uyobora Ishyirahamwe Nyarwanda ry’umukino w’amagare avuga ko kimwe mu byo yishimira byagenze neza muri Tour du Rwanda ya 2023 ari uko nta mukinnyi wahavunikiye cyangwa ngo ahagwe.

Murenzi avuga ko kuba umukinnyi yavunika cyangwa agasiga ubuzima mu mikino w’igare ari ibintu bishoboka cyane kubera ko baba bakoresha ikinyabiziga kandi bihuta cyane.

Ati: “ Urupfu rurashoboka cyane kubera ko dukinira mu muhanda, impanuka ishobora kuba umuntu agapfa cyangwa akagira imvune ikomeye.”

Avuga ko kimwe mu bintu bitazibagirana muri Tour du Rwanda  ya 2023 ari ko Perezida wa Repubulika yaje kureba aho ryarangirijwe.

Yabwiye RBA ko gahunda FERWACY yari yateguye muri ririya rushanwa zagezweho ku gipimo kirenga 90%.

Murenzi kandi avuga ko iyo arebye asanga umukino w’amagare mu Rwanda uzatera imbere kubera ko Tour du Rwanda ziba muri iki gihe zituma Abanyarwanda bigira ku bakinnyi bakomeye ku isi.

Iri siganwa ryitabiriwe n’abakinnyi ijana ariko rirangizwa n’abakinnyi 55.

Abanyarwanda baryitabiriye bari 11 ariko abarirangije ni batatu.

TAGGED:AbakinnyiAmagarefeaturedFERWACYMurenzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Yatorotse Gereza Akoresheje Amashuka
Next Article Umubare W’Abanyarwanda Wamenyekanye, Abagore Nibo BENSHI
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

‎Gasabo: Bafatanywe Ibilo 31 By’Urumogi Byavaga i Kirehe Bijya i Muhanga

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?