Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Iyo Tour Du Rwanda Irangiye Ntawuhuye N’ikibazo Birashimisha- Perezida Wa FERWACY
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Iyo Tour Du Rwanda Irangiye Ntawuhuye N’ikibazo Birashimisha- Perezida Wa FERWACY

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 February 2023 9:09 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abdallah Murenzi uyobora Ishyirahamwe Nyarwanda ry’umukino w’amagare avuga ko kimwe mu byo yishimira byagenze neza muri Tour du Rwanda ya 2023 ari uko nta mukinnyi wahavunikiye cyangwa ngo ahagwe.

Murenzi avuga ko kuba umukinnyi yavunika cyangwa agasiga ubuzima mu mikino w’igare ari ibintu bishoboka cyane kubera ko baba bakoresha ikinyabiziga kandi bihuta cyane.

Ati: “ Urupfu rurashoboka cyane kubera ko dukinira mu muhanda, impanuka ishobora kuba umuntu agapfa cyangwa akagira imvune ikomeye.”

Avuga ko kimwe mu bintu bitazibagirana muri Tour du Rwanda  ya 2023 ari ko Perezida wa Repubulika yaje kureba aho ryarangirijwe.

Yabwiye RBA ko gahunda FERWACY yari yateguye muri ririya rushanwa zagezweho ku gipimo kirenga 90%.

Murenzi kandi avuga ko iyo arebye asanga umukino w’amagare mu Rwanda uzatera imbere kubera ko Tour du Rwanda ziba muri iki gihe zituma Abanyarwanda bigira ku bakinnyi bakomeye ku isi.

Iri siganwa ryitabiriwe n’abakinnyi ijana ariko rirangizwa n’abakinnyi 55.

Abanyarwanda baryitabiriye bari 11 ariko abarirangije ni batatu.

TAGGED:AbakinnyiAmagarefeaturedFERWACYMurenzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Yatorotse Gereza Akoresheje Amashuka
Next Article Umubare W’Abanyarwanda Wamenyekanye, Abagore Nibo BENSHI
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?