Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Janet Museveni Yakize COVID-19 Yari Yaranduye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Janet Museveni Yakize COVID-19 Yari Yaranduye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 January 2024 12:40 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida wa Uganda,Yoweri Kaguta Museveni yavuze ko umugore we Janet Museveni yakize COVID-19 nyuma y’iminsi irindwi yari amaze ayirwaye.

Yabitangarije ku rukuta rwe rwa X.

Museveni yanditse ati: “ Bavandimwe Bagande by’umwihariko Bazzukulu, ndabashimiye nanone. Mwishyuke  kuba musoje umwaka wa 2023 mukaba mwinjiye mu mwaka wa 2024. Amakuru meza ni uko Mama Janet Museveni yamaze gutsinda Coronavirus.”

Avuga ko ibipimo byafashwe bikoherezwa mu bitaro bya Mbarara byatanze igisubizo cyagaragaje ko nta COVID-19 uriya mubyeyi agifite.

Museveni yashimye abaturage ba Uganda basengeye umugore we akaba yakize.

Kuri Noheli( taliki 25, Ukuboza, 2023) nibwo, Museveni yavuze ko ari bwo barimo basangira ifunguro rya saa sita, Maama Janet yatangiye kuribwa mu muhogo.

Ngo yari afite intege nke, aribwa umutwe kandi ababara mu muhogo.

Hahise hakorwa ibipimo bya  PCR test, basanga yaranduye.

TAGGED:COVID-19JanetMuseveniUmugore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ikigo Akagera Business Group ‘Kiravugwaho Gutekera Umutwe’ Abakiguriye Bisi
Next Article Hari Abambwiye Ko Ibyo Gutera u Rwanda Tshisekedi Yavugaga Yikiniraga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?