Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Jeannette Kagame Yasabye Ba Nyampinga Kwibuka Ko Ari Ab’Igihugu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Jeannette Kagame Yasabye Ba Nyampinga Kwibuka Ko Ari Ab’Igihugu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 April 2022 9:34 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubwo yakiraga abigeze kuba  ba Nyampinga b’u Rwanda ndetse n’ufite iri kamba muri uyu mwaka witwa Divine Muheto , Madamu Jeannette Kagame yabwiye abo bakobwa ko u Rwanda rubacyeneyeho byinshi birimo no kuruvugira.

Madamu Jeannette Kagame yavuze ko kuba nyampinga w’u Rwanda bitanga inshingano ziremereye ku wahawe iryo kamba.

Yabwiye bariya bakobwa ko ari bo bazahitama icyo bazaba kuko amahitamo ari ayabo.

Umufasha w’Umukuru w’u Rwanda yabwiye bariya bakobwa kuba bafite ijambo kubera ikamba bahawe bibaha n’inshingano yo kuvugira u Rwanda.

Ngo ntibakwiye kubura ku mbuga nkoranyambaga ngo babwire abashaka kugira u Rwanda insina ngufi ko bibeshya.

Ati: “ Mufite inshingano itari nto. Ntimukibonemo nk’abantu bagomba kwita ku miryango yabo n’aho batuye gusa. Muri ab’igihugu, tubitezeho byinshi. Nimuvugire iki gihugu cyataje benshi kugira ngo kigere aho kiri.”

Yabasabye guhora ku mbuga nkoranyambaga  bagahora bareba uko isi imeze kandi ntibabure kugira icyo bavuga ku Rwanda n’iterambere ryarwo.

Ba nyampinga ubwo bari baje kuganira Madamu Jeannette Kagame

 

TAGGED:featuredKagameMuhetoNyampingaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kumemya Amateka Niyo Nzira Yo Kwirinda Ibibi Byayaranze- Umuyobozi Wa Canal + Rwanda
Next Article Israel Igiye Guhugura Abanyeshuri B’u Rwanda Ku Mivugire Ikwiye Umuyobozi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

You Might Also Like

Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwifatanyije Na Algeria Kwizihiza Isabukuru Y’Ubwigenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?