Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Jeannette Kagame Yasabye Ba Nyampinga Kwibuka Ko Ari Ab’Igihugu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Jeannette Kagame Yasabye Ba Nyampinga Kwibuka Ko Ari Ab’Igihugu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 April 2022 9:34 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubwo yakiraga abigeze kuba  ba Nyampinga b’u Rwanda ndetse n’ufite iri kamba muri uyu mwaka witwa Divine Muheto , Madamu Jeannette Kagame yabwiye abo bakobwa ko u Rwanda rubacyeneyeho byinshi birimo no kuruvugira.

Madamu Jeannette Kagame yavuze ko kuba nyampinga w’u Rwanda bitanga inshingano ziremereye ku wahawe iryo kamba.

Yabwiye bariya bakobwa ko ari bo bazahitama icyo bazaba kuko amahitamo ari ayabo.

Umufasha w’Umukuru w’u Rwanda yabwiye bariya bakobwa kuba bafite ijambo kubera ikamba bahawe bibaha n’inshingano yo kuvugira u Rwanda.

Ngo ntibakwiye kubura ku mbuga nkoranyambaga ngo babwire abashaka kugira u Rwanda insina ngufi ko bibeshya.

Ati: “ Mufite inshingano itari nto. Ntimukibonemo nk’abantu bagomba kwita ku miryango yabo n’aho batuye gusa. Muri ab’igihugu, tubitezeho byinshi. Nimuvugire iki gihugu cyataje benshi kugira ngo kigere aho kiri.”

Yabasabye guhora ku mbuga nkoranyambaga  bagahora bareba uko isi imeze kandi ntibabure kugira icyo bavuga ku Rwanda n’iterambere ryarwo.

Ba nyampinga ubwo bari baje kuganira Madamu Jeannette Kagame

 

TAGGED:featuredKagameMuhetoNyampingaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kumemya Amateka Niyo Nzira Yo Kwirinda Ibibi Byayaranze- Umuyobozi Wa Canal + Rwanda
Next Article Israel Igiye Guhugura Abanyeshuri B’u Rwanda Ku Mivugire Ikwiye Umuyobozi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inganda Z’Intwaro Zungutse 5.9% Kubera Intambara Ya Ukraine N’Iya Gaza

Gisagara: Bakurikiranyweho Guca Umucuruzi Ijosi

Ofisiye Ba Israel Bategetswe Gukoresha Mu Kazi iPhones Gusa 

I Rulindo Ngo Bagira Isuku Nyinshi

Indonesia: Abahitanywe N’Imyuzure Bamaze Kugera Kuri 414

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Ikipe Y’u Rwanda Ya Basketball Yakubiswe Incuro Ku Mukino Wa Mbere Ugana Ku Gikombe Cy’Isi

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Tshisekedi Hari Ibyo Avuga Ko Atazasinyira i Washington

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Uburayi: Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi Baganiriye Ku Iterambere Ry’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

RDF Ikomeje Kubakira Ubushobozi Ingabo Za Centrafrique 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'Abaturage

Nyamasheke: Bahangayikishijwe N’Uko Bateye Imyaka Ikuma Inzara Ikaba Ibugarije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?