Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Jeannette Kagame Yashimye Umutima W’Urukundo Uranga Ababyeyi B’Abagore
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Jeannette Kagame Yashimye Umutima W’Urukundo Uranga Ababyeyi B’Abagore

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 May 2023 3:09 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Madamu Jeannette Kagame yifurije ababyeyi b’abagore umunsi mwiza wahariwe kuzirikana urukundo bagirira abagize imiryango.

Mu butumwa yabageneye yavuze ko ababyeyi b’abagore ari abantu barangwa n’urukundo rusendereye, rugangwa n’ubwitange butagira umupaka ku miryango yabo by’umwihariko no ku gihugu muri rusange.

Ni ubutumwa yabageneye kuri iki Cyumweru taliki 14, Gicurasi; umunsi mpuzamahanga wahariwe kuzirikana uruhare umubyeyi w’umugore agira mu buzima bw’umuryango muri rusange ariko no mu buzima bw’umwana by’umwahariko.

Ku rukuta rwe rwa Twitter yanditse ati: “ Umunsi mwiza ku babyeyi b’abagore! Babyeyi, muri isoko y’urukundo n’ubwitange ku miryango yanyu, haba mu byishimo no mu bihe bigoye. Tubashimiye umutima wanyu uhora uzirikana ineza.”

Abagore ku isi hose bagira ingorane zitandukanye.

Abafite ibibazo kurushaho ni abagore babyara ariko bakabyarira mu bihugu birimo intambara cyangwa ibiherutse guhura n’ibibazo bishingiye ku mihindagurikire y’ikirere.

Abagore bo muri Ukraine, abo muri Sudani, abo mu bihugu byakomwe n’amapfa nka Somalia, ibice bimwe bya Kenya n’ahandi ku isi bari mu bagore bahangayitse kurusha abandi ku isi.

Mu Rwanda n’aho hari abagore baherutse guhekurwa n’ibiza byibasiye Intara y’Iburengerazuba, Intara y’Amajyaruguru n’abo mu Turere tumwe tw’Intara y’Amajyepfo.

Abo bose isi irabifuriza guhangana n’ibyo bibazo kandi, ku ruhande rw’u Rwanda, Perezida Kagame aherutse guhumuriza abantu bose bahuye n’ibi bibazo ko Leta izabashumbusha, bagasubirana ubuzima bahoranye.

TAGGED:AbabyeyiAbagorefeaturedJeannetteKagameLeta
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyagatare: Bafatanywe Amasashi 121,000
Next Article Abanyarwanda Ntibarumva Neza Politiki Yo Gukumira Ibiza- Impuguke
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwibwira Ko Umushinga Mwiza Wose Ukwiye Inguzanyo Ni Ukwibeshya-Patience Mutesi Uyobora BPR

Imwe Mu Makipe Yo Muri Sudani Yikuye Muri Shampiyona Y’u Rwanda

Ruhango: Hatangiye Iperereza Ku Mugabo Bikekwa Ko Yishwe N’Abo Yasengereye

Perezida W’Ubushinwa Yasabye Amerika Kubaha Ubukungu Bw’Igihugu Cye

Muramu Wa Vital Kamerhe Niwe Mukandida Wo Kumusimbura Kuyobora Inteko

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Umunyarwanda Uterura Ibiremereye Kurusha Abandi Agiye Kuruhagararira Mu Misiri

Uburundi, Ububiligi, DRC, Amerika… -Nduhungirehe Asobanura Uko U Rwanda Rubanye Nabyo

Kamala Harris Aracyashaka Kuba Perezida Wa Amerika 

DRC: Amakamyo 100 Yaheze Mu Byondo

Hari Isezerano BK Iha Abafite Inganda Z’Ikawa…

You Might Also Like

Mu mahanga

Mu Bufaransa Haraba Inama Ikomeye Ku Bibazo Biri Mu Karere u Rwanda Ruherereyemo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Tanzania: Mu Matora Y’Uwasimbura Samia Suluhu Havutse Imvururu Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Kagame Yaganiriye N’Ubuyobozi Bw’Ihuriro Rw’Ubukungu Ku Isi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

PM Nsengiyumva Yabwiye Abanyamerika Icyo u Rwanda Rukora Ngo Rutere Imbere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?