Ababyeyi bo mu Karere ka Rusizi borojwe inkoko bahabwa n’ibiribwa byazo kugira ngo zizaterere amagi ku gihe babone ayo bagaburira abana. Ikigo cy’igihugu gishinzwe imikurire y’abana...
Mu Murenge wa Bushenge mu Karere ka Nyamasheke hari ababyeyi bavuga ko batagihabwa amafaranga y’imfashabere. Ingaruka ni uko imikurire y’abana babo yahazahariye. Muri Mata, 2022 nibwo...
Michael Haight yishe abana be batanu, umugore we na nyirabukwe abarashe na we arirasa. Byabereye muri Amerika ahitwa Utah mu Mujyi witwa Enoch City. Abaturanyi b’uyu...
Abakozi b’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha, (RIB), mu ishami rishinzwe ubushakashatsi no gukumira ibyaha, barasaba ababyeyi kwibuka ko gutererana umwana babyaye ari icyaha. Ngo binatuma ajya mu...
Imwe mu ngingo Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente aherutse kugarukaho mu kiganiro yagiranye n’abarimu bari baje kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe abarimu ni ugucunga neza umutungo w’ibigo...