Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Jeannette Kagame Yasuye Abana Bagizweho Ingaruka N’Ibiza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Jeannette Kagame Yasuye Abana Bagizweho Ingaruka N’Ibiza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 May 2023 12:46 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Madamu Jeannette Kagame yagiye mu karere ka Ngororero gusura abana bagizweho ingaruka n’ibiza biherutse kwibasira Intara  eshatu z’u Rwanda. Kuri uyu wa Gatanu yasuye rimwe mu marerero y’aho, aganira n’abana n’ababyeyi babo uko bamerewe nyuma y’ibyago byabagwiririye.

Yaganiriye n’abana bo mu Murenge wa Ngororero.

Asuye iki gice nyuma y’igihe gito Perizida Paul Kagame nawe asuye abo mu Karere ka Rubavu, akaganira n’abaturage.

Yasize abasezeranyije ko Guverinoma izakora uko ishoboye igashumbusha abashegeshwe na biriya biza.

Ibiza byabaye mu Rwanda mu ijoro ryo ku wa 02, Gicurasi, 2023 rishyira iryo ku wa03, uko kwezi, byahitanye Abanyarwanda 135.

Inzu nyinshi zarasenyutse, abaturage Babura aho barambika umusaya.

Nyuma y’ibi byose, Abanyarwanda bakoze uko bashoboye ngo bafatanye kuremera abahuye na kariya kaga.

TAGGED:featuredIbizaKagameNgororeroRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda:Inyama Z’Ingurube Zishobora Kuzongerwa Ku Ifunguro Ry’Abana Ku Ishuri
Next Article U Rwanda Rwagiranye Amasezerano Y’Ubufatanye Bwa Politiki Na Ukraine
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuhuza Wa Afurika Yunze Ubumwe Mu Kibazo Cy’u Rwanda Na DRC Ari i Kigali

Mobicash Yabaye Ihagaritswe 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

DRC: Guverinoma Irashaka Kwisubiza Bunagana Kugeza Uvira

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

‘Board Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Rulindo:Habonetse Imibiri 173 Y’Abazize Jenoside Yakorewe Abatutsi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Inama Y’Igihugu Y’Umushyikirano Iragarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeUbumenyi Rusange

Mu Isanzure Haba Inyenyeri Zingahe?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?