Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Jeannine Munyeshuli Yirukanywe Muri Guverinoma
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Jeannine Munyeshuli Yirukanywe Muri Guverinoma

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 June 2024 7:11 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Itangazo ryaturutse mu Biro bya Minisitiri w’Intebe rivuga ko Jeannine Munyeshuli wari Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’imari n’igenamigambi ushinzwe ishoramari rya Leta yirukanywe mu nshingano.

Ni ibikubiye mu itangazo ryasohowe na Minisiteri y’Intebe y’u Rwanda ryashyizweho umukono na Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente ariko mu izina rya Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame.

Munyeshuli yinjiye muri Guverinoma muri Kanama, 2023, mbere akaba yari Umuyobozi ushinzwe Ingamba (Chief Strategy Officer) muri Kaminuza yigisha iby’ubuzima izwi nka University of Global Health Equity (UGHE).

Yari yawugiyeho kuva mu Ukuboza 2021, afite ubumenyi n’ubunararibonye mu bijyanye n’ubukungu akaba yaranabaye Umuyobozi wungirije w’Inama y’Ubutegetsi ya Cogebanque.

Munyeshuli yari ashinzwe ishoramari rya Leta, afite impamyabumenyi y’icyiciro cya gatatu mu bijyanye n’ibipimo by’ubukungu n’ibarurishamibare yakuye muri Kaminuza ya Geneva mu Busuwisi.

Kuva mu mwaka wa  2010 yabaye umwe mu bagize Inama y’Umuryango uzwi nka AZAHAR Foundation uyu muryangi ukaba  ugira uruhare mu komora abantu ibikomere by’amakimbirane n’imvururu, aho we yatangaga amasomo n’amahugurwa ya siporo ya Yoga isanzwe izwiho gukora ku mbaraga z’amarangamutima.

 

Communiqué from the Office of the Prime Minister | Itangazo riturutse mu Biro bya Minisitiri w'Intebe pic.twitter.com/T9HCZp4rmi

— Office of the PM | Rwanda (@PrimatureRwanda) June 3, 2024

TAGGED:featuredImariItangazoMunyeshuri
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibyo Amasezerano Mu Buhinzi Hagati Y’u Rwanda Na Guinea Ashingiyeho
Next Article Amakimbirane Mu Ngo Niyo Ntandaro Y’Ubuzima Bubi- Min Uwamariya
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?