Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Jimmy Mulisa Aranugwanugwa Gutoza Amavubi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Jimmy Mulisa Aranugwanugwa Gutoza Amavubi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 May 2023 11:02 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umwe mu Banyarwanda bakinnye neza umupira w’amaguru bakandika izina witwa Jimmy Mulisa aravugwaho kuzagirwa, mu gihe gito kiri imbere, umutoza wungirije w’Ikipe y’igihugu: Amavubi.

Bizaturuka ku masezerano ari hafi gusinya.

Mulisa yigeze kugirwa umutoza wungirije w’Amavubi mu mikino yo gicuti yakinnye ari (Amavubi)mu mwiherero muri Maroc muri Nzeri 2022.

Icyo gihe yanganyije na Guinée équatoriale 0-0, hari taliki, 23 Nzeri.

Nyuma yaje gutsindwa n’ikipe yo muri Repubulika ya Demukarasi Congo yitwa FC Saint-Éloi Lupopo imutsinda ibitego 3-1. Hari taliki 27, Nzeri, 2022.

Ubu hashize amezi abiri arengaho iminsi mike, Jimmy Mulisa agiye guhugurirwa muri Tanzania.

Muri icyo gihe Amavubi yakinaga imikino yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika, ikina na Benin.

Nyuma y’aho CAF yaje kuyahanisha guterwa Mpaga kubera ko byagaragaye ko yakinishije Muhire Kevin kandi yari yafite amakarita abiri y’umuhondo.

Amasezerano na FERWAFA…

Kuwa Gatatu taliki 17 Gicurasi 2023, Mulisa yagiye kuri FERWAFA bamuha amasezerano yo kuzaba umutoza wungirije w’Amavubi kugira ngo agende ayasome neza mbere yo kuzayasinya mu gihe gito kiri imbere.

IGIHE yanditse ko ayo masezerano azatangira muri Gicurasi, 2023 akazageza ku mukino wa nyuma w’itsinda L wo gushaka itike y’igikombe cya Afurika u Rwanda ruzakirwamo na Senegal taliki 4, Nzeri 2023.

Mulisa Jimmy yabaye umukinnyi wa APR FC igihe kirekire,.

Yakinnye no mu ikipe y’Igihugu Amavubi.

Hari andi makipe yo hanze y’u Rwanda yakiniye arimo  HAL Bengaluru yo mu Buhinde, KSK Beveren na A.F.C. Tubize yo mu Cyiciro cya mbere mu Bubiligi n’ayandi.

Yatoje APR FC, atoza Sunrise FC ndetse na AS Kigali.

TAGGED:AmakipeAmavubiAPRfeaturedIkipeMulisa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gakenke: Bafatanywe Amasashi 37,600
Next Article Umubyigano W’Abafana Kuri Stade Waguyemo Abantu 12
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?