Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Johnston Yahariye Rishi Sunak Ngo Abe Minisitiri W’Intebe W’u Bwongereza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Johnston Yahariye Rishi Sunak Ngo Abe Minisitiri W’Intebe W’u Bwongereza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 October 2022 11:56 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Boris Johnston wari uherutse kuva mu biruhuko yari yaragiyemo, akabivamo atabirangije kugira ngo yongere ahatanire kuba Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, ubu yahariye Rishi Sunak.

Uyu mugabo niwe uri guhabwa amahirwe menshi yo kuba Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu giherutse gupfusha Umwamikazi  wari umaze imyaka irenga 70 yimye.

Rishi Sunak yigeze kuba Minisitiri ushinzwe imari mu Bwongereza ariko aza kwegura kubera ibyo atemeranyagaho na boss we icyo gihe wari Boris Johnston.

Biteanyijwe ku masaha ya nyuma ya saa sita ku isaha y’i Kigali ari bwo ari butangazwe k’umugaragaro ko asimbuye Liss Truss uherutse kwegura nyuma yo kurengwa n’ibibazo by’ubukungu byugarije u Bwongereza.

Truss yabwiye itangazamakuru ko kuba Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza muri iki gihe bishobora kuba ari ko kazi kavunanye kurusha akandi kose kaboneka ku isi.

Ibi kandi abihuza n’ibyo Tony Blair yigeze kuvuga.

Ngo mu Bwongereza muri iki gihe hari akajagari muri Politiki k’uburyo gushyira ibintu ku murongo bigoye cyane.

Kimwe mu bintu Rishi azibukirwaho mu mateka azakurikira kuba abaye Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza ni uko ari we muntu ugiye kuri uyu mwanya kandi adakomoka ku Bazungu kandi akiri muto.

Ubu afite imyaka 42.

Ni  Umwongereza ukomoka ku Bahinde bakuriye muri Kenya ndetse no muri Tanzania.

Se yitwaga Yashvir Sunak n’aho Nyina akitwa  Usha Sunak.

Kuba Minisitiri W’Intebe Ni Ukugorwa…Ubuhamya Bwa Tony Blair

TAGGED:BwongerezafeaturedIntebeMinisitiriRishi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Muri Huye Ubwinshi Bw’Abana Mu Mashuri Y’Incuke Bwafashe Indi Ntera
Next Article Umubano W’u Rwanda Na UN Ni Umubabaro UVANZE N’Ibyishimo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?