Mu birori byo kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe umwarimu, Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yabwiye abarimu bagera ku 7000 ko kimwe mu bigomba gukomeza kubaranga ari imyitwarire...
Boris Johnston wari uherutse kuva mu biruhuko yari yaragiyemo, akabivamo atabirangije kugira ngo yongere ahatanire kuba Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, ubu yahariye Rishi Sunak. Uyu mugabo...
Umugabo wahoze ashinzwe imari n’igenamigambi mu Bwongereza witwa Rishi Sunak niwe uri guhabwa amahirwe y’uko azasimbura Madamu Liz Truss ku ntebe ya Minisitiri w’Intebe mu Bwongereza....
Abayobozi batatu bakuru muri RURA birukanywe mu mirimo yabo kubera impamvu z’imyitwarire n’imikorere idahwitse. Kuba iyo mikorere n’imyitwarire bidahwitse byatangarijwe mu itangazo ryasohowe n’Ibiro bya Minisitiri...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngitente yabwiye abanyacyubahiro bari mu Murwa mukuru wa Estonia witwa Tallinn ko u Rwanda rukora ibishoboka byose ngo abarutuye n’abarugenda bagerwaho n’ibyiza...