Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kabarebe Yarahiriye Imbere Ya EALA Nka Minisitiri Ushinzwe EAC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Kabarebe Yarahiriye Imbere Ya EALA Nka Minisitiri Ushinzwe EAC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 October 2023 10:03 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ushinzwe ubufatanye bw’Akarere,( Rtd) Gen James Kabarebe yarahiriye imbere ya EALA nka Minisitiri ushizwe ibikorwa bya EAC.

Ni indahiro ikorwa n’Abaminisitiri bashinzwe ibikorwa bya EAC, bakaba abagize iyi Nteko ariko badatora cyangwa ngo batorwe.

Amategeko ya EALA amwemerera gutanga ibitekerezo ku biyiganirirwamo

Babita ‘ex-officio’.

Taarifa yamenye ko aba bayobozi baba bafite uburenganzira bwo gutanga ibitekerezo mu mpaka zibera mu Nteko ishinga amategeko ya EAC kandi bigahabwa uburemere nk’ubw’ibindi byose bihatangirwa.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Abandi bayobozi bahabwa ubu burenganzira ni Umunyamabanga Mukuru wa EAC ndetse n’Umunyamategeko wayo.

Iyo manda y’abagize iyi nteko irangiye hagatorwa abandi, abayobozi twavuze haruguru nabo barongera bakarahira.

Umukirisitu asoma indahiro afashe na Bibiliya, Umwisilamu akayisoma afashe Korowani, utagira idini agasoma indahiro ntacyo afashe.

Mu minsi ishize, Minisitiri Prof Nshuti nawe yari aherutse kurahira muri buriya buryo.

Indahiro ikorwa n’abo bita ‘ex-officio’[ni ijambo ry’Ikilatini] ikomoka mu bihugu byakolonijwe n’Abongereza ariko inkomoko ya kure ikaba mu Bwami bw’Abaroma.

- Advertisement -
TAGGED:EALAfeaturedIntekoKabarebe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyagatare: Babwiwe Uko Bigenda Iyo Uwahohotewe Adashobora Kwitangira Ikirego
Next Article Ibitaro Bya Butaro Byongererewe Ubushobozi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?