Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kabila Aravugwaho Guhunga DRC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Kabila Aravugwaho Guhunga DRC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 31 March 2024 1:23 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Joseph Kabila wabaye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza mu 2019 aravugwaho guhunga DRC nyuma y’uko habonetse ibihamya by’uko yaba afite uruhare rutaziguye mu ntambara iri kubera mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Iby’uko yahunze byatangajwe n’Umunyamabanga mukuru w’ishyaka iri ku butegetsi muri DRC witwa UDPS witwa Augustin Kabuya.

Ngo yahunze iki gihugu mu buryo bw’ibanga.

Kabuya ati: “Aho mvugira aha, Joseph Kabila yahunze igihugu, ntakiri aha. Nta n’ikimenyetso cy’aho yaba aherereye inzego zishinzwe abinjira n’abasohoka zirabona. Yagiye mu ibanga kuko ni we uri inyuma y’intambara yubuye mu Burasirazuba bw’igihugu. Ibyo njye nari nsanzwe mbizi”.

Ikinyamakuru kitwa 7sur7 kivuga ko ishyaka Alliance Fleuve Congo ry’abarwanya ubutegetsi bwa Kinshasa barimo na M23 ndetse na Corneille Nangaa cyari kizi ibyo guhunga kwa Joseph Kabila.

TAGGED:DRCfeaturedGuhungaIgihuguKabila
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gukumira Kanyanga Byatanze Umusaruro- Gov Rubingisa
Next Article Umufana Wa Mukura Yaguye Igihumura Nyuma Yo Gutsindwa Na Rayon
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu mahangaUbuzima

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?