Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Agiye Kwakirira Abatuye Umujyi Wa Kigali Muri Arena
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Kagame Agiye Kwakirira Abatuye Umujyi Wa Kigali Muri Arena

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 March 2025 10:14 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri uyu wa Gatandatu Perezida Paul Kagame azakirira abatuye Umujyi wa Kigali muri BK ARENA  mu Karere ka Gasabo.

Yaherukaga kuganira mu bikorwa bye byo kwiyamamariza gukomeza kuyobora u Rwanda byabaye muri Nyakanga ishyira Kanama, 2024.

Kwakira abaturage kwe kuzaba ari cyo gikorwa cya mbere kimuhuje n’abaturage benshi icyarimwe mu buryo bw’imbonankubone.

Ahuye nabo mu gihe ari bwo kandi hagitangira gushyirwa mu bikorwa gahunda y’iterambere rirambye, icyiciro cyayo cya kabiri bita National Strategies for Transformation, Chapter II.

Ni gahunda yo kuzamura ubukungu ikomatanyije ibigomba gukorwa byose mu buzima bw’igihugu.

Mu biganiro yagiranye n’abaturage mu  myaka yatambutse, akenshi Perezida Kagame yabagezagaho gahunda igihugu kibafitiye, akabibutsa ko abishyize hamwe nta kibananira.

Birashoboka ko kuri iyi nshuro azaganira n’abanya Kigali uko ibibazo by’ubukungu muri iki gihe bihagaze n’uko bahangana nabyo.

Muri uko guhangana nabyo harimo no gutanga umusoro cyangwa amahoro byagenwe kugira ngo amafaranga abivuyemo azibe icyuho giterwa n’ihagarikwa ry’inkunga bimwe mu bihugu byari bisanzwe bigenera u Rwanda.

Ntazabura kandi kumva ibibazo by’abaturage cyane cyane ko iyo ingingo iba ari imwe muzo agarukaho iyo bahuye.

Ntawamenya niba mu biganiro bazagirana hazagarukwaho ibibazo biri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ariko nabyo birashoboka cyane.

TAGGED:AbaturageKagameKwiyamamazaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Depite Mukabalisa Yibaza Impamvu Izindi Nzego Zitera Imbere Itangazamakuru Rikadindira
Next Article M23 Yafashe Ikirwa Cya Ijwi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbuzima

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?