Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Agiye Kwakirira Abatuye Umujyi Wa Kigali Muri Arena
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Kagame Agiye Kwakirira Abatuye Umujyi Wa Kigali Muri Arena

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 March 2025 10:14 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri uyu wa Gatandatu Perezida Paul Kagame azakirira abatuye Umujyi wa Kigali muri BK ARENA  mu Karere ka Gasabo.

Yaherukaga kuganira mu bikorwa bye byo kwiyamamariza gukomeza kuyobora u Rwanda byabaye muri Nyakanga ishyira Kanama, 2024.

Kwakira abaturage kwe kuzaba ari cyo gikorwa cya mbere kimuhuje n’abaturage benshi icyarimwe mu buryo bw’imbonankubone.

Ahuye nabo mu gihe ari bwo kandi hagitangira gushyirwa mu bikorwa gahunda y’iterambere rirambye, icyiciro cyayo cya kabiri bita National Strategies for Transformation, Chapter II.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ni gahunda yo kuzamura ubukungu ikomatanyije ibigomba gukorwa byose mu buzima bw’igihugu.

Mu biganiro yagiranye n’abaturage mu  myaka yatambutse, akenshi Perezida Kagame yabagezagaho gahunda igihugu kibafitiye, akabibutsa ko abishyize hamwe nta kibananira.

Birashoboka ko kuri iyi nshuro azaganira n’abanya Kigali uko ibibazo by’ubukungu muri iki gihe bihagaze n’uko bahangana nabyo.

Muri uko guhangana nabyo harimo no gutanga umusoro cyangwa amahoro byagenwe kugira ngo amafaranga abivuyemo azibe icyuho giterwa n’ihagarikwa ry’inkunga bimwe mu bihugu byari bisanzwe bigenera u Rwanda.

Ntazabura kandi kumva ibibazo by’abaturage cyane cyane ko iyo ingingo iba ari imwe muzo agarukaho iyo bahuye.

- Advertisement -

Ntawamenya niba mu biganiro bazagirana hazagarukwaho ibibazo biri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ariko nabyo birashoboka cyane.

TAGGED:AbaturageKagameKwiyamamazaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Depite Mukabalisa Yibaza Impamvu Izindi Nzego Zitera Imbere Itangazamakuru Rikadindira
Next Article M23 Yafashe Ikirwa Cya Ijwi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?