Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Arahura Na Ba Gitifu B’Utugari Twose Tw’Igihugu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kagame Arahura Na Ba Gitifu B’Utugari Twose Tw’Igihugu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 March 2023 12:39 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukuru w’u Rwanda mu masaha ya nyuma ya saa sita kuri uyu wa Kabiri taliki 28, Werurwe, 2023 arahura n’abanyamabanga nshingwabikorwa b’Utugari twose tw’u Rwanda.

Aba bayobozi bose bari bamaze igihe mu itorero ryaberaga i Nkumba mu Karere ka Burera aho batozwaga ubutore bubereye umuyobozi wegereye abaturage.

Mu masomo yatangiwe mu itorero harimo gukunda igihugu, kwita ku baturage, amateka y’u Rwanda rwa mbere y’abakoloni, ayo mu gihe cy’ubukoloni na nyuma yabwo.

Ayo masomo yagarutse kandi kuri Politiki u Rwanda rwihaye yo guhuza Abanyarwanda bose  mu nyungu z’ejo hazaza h’igihugu.

Abanyamabanga nshingwabikorwa b’utugari bahuguwe n’abantu batandukanye barimo n’Umujyanama wa Perezida mu by’umutekano Gen James Kabarebe.

Baganirijwe uko u Rwanda rwabohowe, impamvu zabyo n’icyakorwa ngo uko kwibohora gukomeze kugirira Abanyarwanda akamaro kandi mu gihe kirambye.

Mu masaha make ari imbere, Perezida Kagame nawe arahura nabo bagirane ikiganiro kihariye.

Birabera mu Intare Arena iri mu Murenge wa Rusororo mu Karere ka Gasabo.

Mu itorero, ba gitifu b’Utugari bari barahawe izina rya ‘Rushingwangerero.’

TAGGED:AkagariBurerafeaturedGitifuKabarebeNkumba
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ruhango: Inzuki Zishe Umwana W’Imyaka Ine
Next Article Afurika Yunze Ubumwe Ihangayikishijwe N’Akaduruvayo Kari Muri Kenya
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?