Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Arahura Na Ba Gitifu B’Utugari Twose Tw’Igihugu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kagame Arahura Na Ba Gitifu B’Utugari Twose Tw’Igihugu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 March 2023 12:39 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukuru w’u Rwanda mu masaha ya nyuma ya saa sita kuri uyu wa Kabiri taliki 28, Werurwe, 2023 arahura n’abanyamabanga nshingwabikorwa b’Utugari twose tw’u Rwanda.

Aba bayobozi bose bari bamaze igihe mu itorero ryaberaga i Nkumba mu Karere ka Burera aho batozwaga ubutore bubereye umuyobozi wegereye abaturage.

Mu masomo yatangiwe mu itorero harimo gukunda igihugu, kwita ku baturage, amateka y’u Rwanda rwa mbere y’abakoloni, ayo mu gihe cy’ubukoloni na nyuma yabwo.

Ayo masomo yagarutse kandi kuri Politiki u Rwanda rwihaye yo guhuza Abanyarwanda bose  mu nyungu z’ejo hazaza h’igihugu.

Abanyamabanga nshingwabikorwa b’utugari bahuguwe n’abantu batandukanye barimo n’Umujyanama wa Perezida mu by’umutekano Gen James Kabarebe.

Baganirijwe uko u Rwanda rwabohowe, impamvu zabyo n’icyakorwa ngo uko kwibohora gukomeze kugirira Abanyarwanda akamaro kandi mu gihe kirambye.

Mu masaha make ari imbere, Perezida Kagame nawe arahura nabo bagirane ikiganiro kihariye.

Birabera mu Intare Arena iri mu Murenge wa Rusororo mu Karere ka Gasabo.

Mu itorero, ba gitifu b’Utugari bari barahawe izina rya ‘Rushingwangerero.’

TAGGED:AkagariBurerafeaturedGitifuKabarebeNkumba
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ruhango: Inzuki Zishe Umwana W’Imyaka Ine
Next Article Afurika Yunze Ubumwe Ihangayikishijwe N’Akaduruvayo Kari Muri Kenya
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?