Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Arahura Na Ba Gitifu B’Utugari Twose Tw’Igihugu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kagame Arahura Na Ba Gitifu B’Utugari Twose Tw’Igihugu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 March 2023 12:39 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukuru w’u Rwanda mu masaha ya nyuma ya saa sita kuri uyu wa Kabiri taliki 28, Werurwe, 2023 arahura n’abanyamabanga nshingwabikorwa b’Utugari twose tw’u Rwanda.

Aba bayobozi bose bari bamaze igihe mu itorero ryaberaga i Nkumba mu Karere ka Burera aho batozwaga ubutore bubereye umuyobozi wegereye abaturage.

Mu masomo yatangiwe mu itorero harimo gukunda igihugu, kwita ku baturage, amateka y’u Rwanda rwa mbere y’abakoloni, ayo mu gihe cy’ubukoloni na nyuma yabwo.

Ayo masomo yagarutse kandi kuri Politiki u Rwanda rwihaye yo guhuza Abanyarwanda bose  mu nyungu z’ejo hazaza h’igihugu.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Abanyamabanga nshingwabikorwa b’utugari bahuguwe n’abantu batandukanye barimo n’Umujyanama wa Perezida mu by’umutekano Gen James Kabarebe.

Baganirijwe uko u Rwanda rwabohowe, impamvu zabyo n’icyakorwa ngo uko kwibohora gukomeze kugirira Abanyarwanda akamaro kandi mu gihe kirambye.

Mu masaha make ari imbere, Perezida Kagame nawe arahura nabo bagirane ikiganiro kihariye.

Birabera mu Intare Arena iri mu Murenge wa Rusororo mu Karere ka Gasabo.

Mu itorero, ba gitifu b’Utugari bari barahawe izina rya ‘Rushingwangerero.’

- Advertisement -
TAGGED:AkagariBurerafeaturedGitifuKabarebeNkumba
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ruhango: Inzuki Zishe Umwana W’Imyaka Ine
Next Article Afurika Yunze Ubumwe Ihangayikishijwe N’Akaduruvayo Kari Muri Kenya
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?