Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze n’abaturage yafashe ibilo 14 by’urumogi byafatiwe mu Karere ka Burera. Aha kandi hanafatiwe litiro 22 za kanyanga. Si i...
Abasore babiri bo mu Mudugugu wa Kirwa, Akagari Bugamba, Umurenge wa Kinyababa mu Karere ka Burera bakurikiranywe n’inzego z’umutekano kubera gukekwaho gukata intsinga z’amashanyarazi bakajya kuzigurisha....
Umusore witwa Pascal Niyigena w’imyaka 22 y’amavuko aherutse gufatanwa amashashi 16,400 yari yinjije mu Rwanda. Ni Amashashi atabora kandi ntiyemewe mu Rwanda. Uwafashwe yari ari kumwe...
Mu Karere ka Burera, umurenge wa Gahunga haravugwa umusore w’imyaka 26 y’amavuko uvugwaho kwica Nyirakuru w’imyaka 88 amuziza imitungo. Bari batuye mu Mudugudu wa Ruri, Akagari...
Mu Karere ka Burera, Umurenge wa Kivuye haherutse gufatirwa umugabo wari ufite ibilo 10 by’urumogi. Bivugwa ko yari aruvanye muri Uganda. Yafatiwe mu Mudugudu wa Buhita,...