Akarere ka Burera kamaze kumenyekana kuri byinshi byiza. Ibibi bihavugwa nabyo birahari. Ibyo birimo n’ubucuruzi bw’ibiyobyabwenge nka kanyanga n’urumogi. Nk’ubu, Polisi iherutse kuhafatita ibilo 16 by’urumogi...
Amakuru mashya aturuka mu Karere ka Burera avuga ko umurambo wa Sembagare Faustin wari umaze iminsi ishakishwa kubera ko wagwiriwe n’inkangu ubwo yari aryamye mu ijoro...
Mu Mudugudu wa Butete, Akagari ka Kabyiniro mu Murenge wa Cyanika ku wa Kane taliki ya 13, Mata,2023 ahagana saa kumi n’ebyiri z’umugoroba hafatiwe abagore babiri...
Mu Murenge wa Kinyababa hari amakuru y’umugabo n’umugore we baraye batwawe n’amazi kugeza bakaba baburiwe irengero ubu ntibaraboneka. Umugabo yabonye umugore we arohamye, ajya kumurohora, ariko...
Ubuyobozi n’abaturage b’Akarere ka Burera biyemeje gukorana bya hafi ngo bave ku mwanya wa nyuma mu kwesa imihigo. Perezida Kagame aherutse kuvuga ko imwe mu mpamvu...