Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 November 2025 7:13 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame uri i Conakry muri Guinea ari bwitabire Inama yiga ku ikoranabuhanga muri Afurika yitwa Transform Africa Summit.

Iyi nama itegurwa n’umuryango Transform Africa Alliance ikaba ikaba iza kugaruka ku byakorwa ngo ubwenge buhangano bufashe mu mikorere ihamye ya za Guverinoma, kwimakaza gukorera mu mucyo no gukorana n’abaturage mu gushyirwa mu bikorwa Politiki za Leta n’ibindi.

Baziga no ku kamaro k’abahanga udushya, uruhare rw’ibigo bigitangira na za Kaminuza mu guhanga ibisubizo birembye Afurika ikeneye ngo itere imbere.

Hagati aho kandi, hari ikiganiro kiri buhatangirwe ndetse kiri bugirwemo uruhare na Minisitiri w’ikoranabuhanga na Inovasiyo Ingabire Paula kivuga ku ishyirwaho rya Politiki y’ikoranabuhanga idaheza kandi iteza imbere, by’umwihariko, abagore.

Ubwo kuri uyu wa kabiri yageraga muri Conakry, Perezida Kagame yifatanyije na mugenzi we Mamadi Doumbouya mu gutangiza ku mugaragaro umushinga wo gucukura amabuye y’agaciro.

Perezida wa Gabon Oligui Nguema nawe yari ahari ubwo uyu mushinga watangiraga.

Buri mwaka uyu mushinga uzajya utanga toni Miliyoni 125 z’amabuye y’agaciro.

TAGGED:AfricafeaturedGuineaKagameTransform
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

U Rwanda Rwifatanyije Na Algeria Kwizihiza Isabukuru Y’Ubwigenge

Ubuhinde: Igitero Cy’Iterabwoba Kishe Abantu Umunani 

Yabyariye Mu Modoka Y’Abagenzi Ijya Rubavu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Dagalo Uvugwaho Gukora Jenoside Muri Sudani Ni Muntu Ki?

Nyuma Yo Kwica Abantu 114 Muri Philippines Inkubi Ikomereje Muri Vietnam

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti

Burundi: Umushinjacyaha Aravugwaho Kwiba Amafaranga Ya Leta Akayajyana Tanzania

You Might Also Like

Mu mahanga

Sarkozy Agiye Kurekurwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibidukikije

Meteo Rwanda Yatangaje Imvura Nyinshi Ugereranyije Nisanzwe Mu Ukuboza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Abayobozi Ba BBC Baravugwaho Kubeshyera Trump 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Guhangana N’Imihindagurikire Y’Ikirere Bizahenda u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?