Ubwo abasirikare barinda Perezida wa Guinea Bissau bakiraga uw’u Rwanda Paul Kagame wari wamusuye mu ruzinduko rw’akazi, baririmbye indirimbo irimo ibigwi by’ingabo z’u Rwanda. Ni indirimbo...
Mu ruzinduko ari mo muri Guinée Conakry, Perezida Kagame yabwiye abaturage ba kiriya gihugu ko n’ubwo buri gihugu kigira ibibazo byacyo, ariko ubufatanye no kungurana ibitekerezo...
Perezida wa Guinea Bisau witwa Umaro Sissoco Embaló yatangaje ko igihugu cye cyakiriye Bozizé wahageze kuri uyu wa Mbere. François Bozizé ubu afite imyaka 76 akaba...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima, OMS, ryatangaje ko muri Equatorial Guinea hongeye kuboneka umurwayi w’indwara yitwa Marburg. Abaganga bavuga ko iyi ndwara ifitanye isani na EBOLA...
Teodoro Obiang Nguema Mbasogo w’imyaka 80 y’amavuko niwe watangajwe ko yatsindiye kuyobora kiriya gihugu muri manda ye ya gatandatu. Asanzwe ari Perezida umaze igihe kinini ku...